Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwami W’Abazulu Ari Gukomakoma Ngo Amahoro Agaruke
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umwami W’Abazulu Ari Gukomakoma Ngo Amahoro Agaruke

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 July 2021 9:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
NONGOMA, SOUTH AFRICA - MAY 07: Prince Misuzulu Zulu was named as the new Zulu King. (Photo by Gallo Images/Sunday Times/ Sandile Ndlovu)
SHARE

Mu ijambo yagejeje ku batuye KwaZulu Natal Umwami w’Abazulu witwa Misuzulu kaZwelithini yasabye abatuye buriya bwami koroherana, bagahagarika imidugararo imaze iminsi ica ibintu mu mijyi itandukanye harimo na Johannesburg..

Umwami Misuzulu kaZwelithini avuga ko gusahura no gutwika amaduka atari bwo buryo bwiza bwo kwerekana abantu batishimiye kuba Jacob Zuma yarafunzwe.

Ati: “ Kuva napfusha ababyeyi banjye nibwo bwa mbere mbonye abo mu bwoko bwacu batwikira igihugu ku manywa y’ihangu.”

Ubwo yagezaga ku baturage be, umwami  Misuzulu yari kumwe na Minisitiri we w’Intebe witwa Mangosuthu Buthelezi wamufashaga mu kugeza ijambo kuri bariya baturage.

Ku rundi ruhande ariko, avuga ko kuba abantu bakennye kandi bakaba badafite akazi biri mu bituma hari abaturage bakora ibikorwa by’urugomo.

Kugeza ubu imidugararo imaze igihe muri Afurika y’Epfo imaze kugwamo abaturage barenga 70.

TAGGED:AbaturageAfurikafeaturedMisuzuluUmwami
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Lionel Messi Azaguma Muri Barcelona Yemere Ahembwe Macye
Next Article Mbungiramihigo Wayoboye Inama Nkuru Y’Itangazamakuru Yashimye Kagame Wamwibutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?