Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwami W’Abazulu Ari Gukomakoma Ngo Amahoro Agaruke
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umwami W’Abazulu Ari Gukomakoma Ngo Amahoro Agaruke

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 July 2021 9:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
NONGOMA, SOUTH AFRICA - MAY 07: Prince Misuzulu Zulu was named as the new Zulu King. (Photo by Gallo Images/Sunday Times/ Sandile Ndlovu)
SHARE

Mu ijambo yagejeje ku batuye KwaZulu Natal Umwami w’Abazulu witwa Misuzulu kaZwelithini yasabye abatuye buriya bwami koroherana, bagahagarika imidugararo imaze iminsi ica ibintu mu mijyi itandukanye harimo na Johannesburg..

Umwami Misuzulu kaZwelithini avuga ko gusahura no gutwika amaduka atari bwo buryo bwiza bwo kwerekana abantu batishimiye kuba Jacob Zuma yarafunzwe.

Ati: “ Kuva napfusha ababyeyi banjye nibwo bwa mbere mbonye abo mu bwoko bwacu batwikira igihugu ku manywa y’ihangu.”

Ubwo yagezaga ku baturage be, umwami  Misuzulu yari kumwe na Minisitiri we w’Intebe witwa Mangosuthu Buthelezi wamufashaga mu kugeza ijambo kuri bariya baturage.

Ku rundi ruhande ariko, avuga ko kuba abantu bakennye kandi bakaba badafite akazi biri mu bituma hari abaturage bakora ibikorwa by’urugomo.

Kugeza ubu imidugararo imaze igihe muri Afurika y’Epfo imaze kugwamo abaturage barenga 70.

TAGGED:AbaturageAfurikafeaturedMisuzuluUmwami
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Lionel Messi Azaguma Muri Barcelona Yemere Ahembwe Macye
Next Article Mbungiramihigo Wayoboye Inama Nkuru Y’Itangazamakuru Yashimye Kagame Wamwibutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?