Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwe Mu Bayobozi B’Umujyi Wa Kigali Yagizwe Umukuru Wa Kaminuza Y’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umwe Mu Bayobozi B’Umujyi Wa Kigali Yagizwe Umukuru Wa Kaminuza Y’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 July 2022 4:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr Didas Kayihura Muganga wari usanzwe ari Perezida w’Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali yagizwe Umuyobozi Mukuru w’agateganyo wa Kaminuza y’u Rwanda.

Itangazo rivuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente niryo ryabyemeje mu izina rya Nyakubahwa Perezida Paul Kagame.

Ubuyovozi bw’Umujyi wa Kigali nabwo bwasohoye itangazo bwifuriza Dr Didas Kayihura Muganga kuzagira imirimo myiza kandi bumushimira ko yari amaze igihe akorana neza na Nyobozi yawo.

Asanzwe akora mu Ishuri rikuru ryigisha amategako,  Institute of Legal Practice and Develpment, ILPD.

We are pleased to welcome the new Ag. Vice Chancellor Dr Didas Kayihura Muganga and the new Deputy Vice Chancellor for Strategic Planning and Administration Dr Raymond Ndikumana. Welcome aboard. pic.twitter.com/cXn5686FYo

— University of Rwanda (@Uni_Rwanda) July 16, 2022

Itangazo rishyira Dr Kayihura muri uriya mwanya niryo ryanashyize Dr Raymond Ndikumana ku mwanya w’Umuyobozi wa Kaminuza y’u Rwanda wungirije ushinzwe igenamigambi n’ubutegetsi.

 

TAGGED:featuredKaminuzaKigaliUmujyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida W’Afurika Y’Epfo Yasabwe Kwegura
Next Article Sosiyete Sivile Muri Centrafrique Yikomye U Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

‘Gusaranganya Shisha Kibondo’ Ni Ruswa Nini Mu Rwego Rw’Ubuzima

Umuyobozi Mu Ngabo Za Jamaica Yasuye RDF Ikorera Muri Iki Gihugu

Gukosoza Amakosa Mu Irangamimerere Biracyari Ikibazo Ku Irangamuntu Koranabuhanga

Tekeniki Zifasha Inyoni Kuguruka Zigishije Abantu Gukora Indege

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Burundi: Ndikuriyo Yongeye Gutorerwa Kuba Umunyamabanga Mukuru Wa CNDD-FDD

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu mahanga

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?