Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umwe Mubo Impanuka Y’Indege Yo Muri Tanzania Yahitanye Ni ‘Umunyarwandakazi’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umwe Mubo Impanuka Y’Indege Yo Muri Tanzania Yahitanye Ni ‘Umunyarwandakazi’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 November 2022 1:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hanifa Hamza ni umwe mu bantu 19 babaruwe ko bahitanywe n’impanuka y’indege y’ikigo cyo muri Tanzania yaraye ibereye mu Kiyaga cya Victoria.

Ari mu bantu 19 bahitanywe n’iyi mpanuka

Uyu munyarwandakazi yari akiri ingaragu akaba yari afite imyaka 29 y’amavuko.

Yize ubuvuzi muri Kaminuza yo muri Turikiya yitwa Ankara Yildirim Beyazit Universitesi.

Murumuna we kwa Nyinawabo witwa Leatitia Musomandera yabwiye Taarifa ko avukana na nyakwigendera kwa Nyinawabo ndetse twavuganye ari mu rugendo agana Tanzania aho umuvandimwe yaguye akaba ari naho azashyingurwa.

Yari umuhanga mu buvuzi kuko yabyigiye muri Kaminuza zo muri Turikiya

Umuryango wa Musomandera utuye mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Niboye.

Leatitia Musomandera yabwiye Taarifa ko avukana na nyakwigendera kwa Nyinawabo Nyakwigendera yakomokaga kuri Se w’Umunya Tanzania na Nyina w’Umunyarwandakazi.

TAGGED:featuredImpanukaKaminuzaTanzaniaUbuvuzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RwandAir Yatangije K’Umugaragaro Ingendo Zijya Mu Bwongereza
Next Article Indege Y’Intambara Ya DRC Yavogereye Ikirere Cy’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasana Alfred Wari Ambasaderi Mu Buholandi Yagizwe Senateri

RIB Yafunze Uwasabaga Abantu Kujyana Amafaranga Mu Rusengero Ngo Bakubirwe

Ubusugire Bw’Igihugu Bushingiye No Kubo Mufatanya- Kagame

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

Ubuyapani: Bwa Mbere Umugore Yabaye Minisitiri W’Intebe 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwanze Icyifuzo Cya Israel

Rwanda: Uruganda Rutunganya Imiti Ivuye Mu Rumogi Rugiye Kuzura

Kayonza: Imvura Yishe Batandatu Biganjemo Abana

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Hakenewe Miliyari $ 50 Zo Gusana Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwamagana: Uruganda SteelRwa Rukomeje Kuba Ikibazo Ku Buzima Bw’Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ku Manywa Y’Ihangu Bibye Inzu Ndangamurage Ya Mbere Ikomeye Ku Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

U Rwanda Rugiye Kubaka Irindi Shuri Rihambaye Ry’Ubuhinzi N’Ubworozi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?