Dukurikire kuri

Mu mahanga

Urubyiruko Rwo Muri Kenya Rwikoreye Amabuye Yo Gutera Polisi

Published

on

Hari amafoto agaragaza abasore bafite imifuka irimo amabuye. Biyemeje guhangana na Polisi ya ya Kenya nibabuza kwigaragambya nk’uko bamaze iminsi babisabwa n’umuyobozi wabo Raila Odina.

Mu gitondo cyo kuri iyu wa mbere nibwo biteganyijwe ko hari bube imyigaragambyo ikomeye iri buhuze abashyigikiye Odinga.

Baramagana ibyo biga ‘guhindura igihugu akarima’ bemeza ko ari yo gahunda ya Perezida William Ruto.

Bicaye hasi bategereje ibakoma imbere ngo bamutere umurundo w’amabuye.

Bari gutoragura amabuye ngo baze kuyatera Polisi

Ni benshi kandi baragenda biyongera

Biyemeje kuza guhangana na Polisi

Kenya: Ubwoba Ni Bwose Kubera Imyigaragambyo Y’Abashyigikiye Odinga