Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 September 2025 4:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ishami rya RBC rishinzwe ubuzima bwo mu mutwe rivuga ko 51.3% by’Abanyarwanda biyahura, ari urubyiruko.

Ni abafite hagati y’imyaka 19 na 35 , muri bo 16.8% bari munsi y’imyaka 18 n’aho 32% bari hejuru y’imyaka 35.

Dr. Jean Damascene Iyamuremye uyobora Ishami rya RBC rishinzwe ubuzima bwo mu mutwe yemeza ko ibibazo byo mu miryango n’iby’umuntu ku giti cye biri mu bikomeye biteza kwiyahura.

Dr. Jean Damascene Iyamuremye.

Ati: “Indwara zo mu mutwe, agahinda gakabije, umunaniro ukabije uterwa n’amashuri cyangwa akazi, indwara zidakira n’ibindi biri mu bitera abantu imyitwarire iganisha k’ukwiyahura.”

Mu rwego rwo gukumira kwiyahura, RBC ivuga ko yashyizeho ingamba zirimo ubufasha na serivisi z’ubuzima bwo mu mutwe zaguwe, zigahuzwa no gutanga ubuvuzi busanzwe.

Ibyo byose bikorerwa mu bigo nderabuzima, ibigo by’ubuzima ku rwego rw’Akarere n’ibindi.

Imibare itangwa n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare ivuga ko Abanyarwanda mu mwaka wa 2025 bagera kuri Miliyoni 14.

Muri bo, abagera kuri Miliyoni icyenda ni urubyiruko rufite munsi y’imyaka 30, bivuze ko kwiyahura ari ikibazo ku buzima rusange bw’abaturage.

Urwo rubyiruko kandi nirwo rugaragaramo abanyabyaha bakatirwa n’inkiko kubera ibyaha byiganjemo ubujura, gukubita no gukometsa bitewe n’ubusinzi.

TAGGED:featuredIkigoIyamuremyeKwiyahuraRBCUbuzima
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?