Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urugamba Rwongeye Guhinana Hagati Ya M23 N’Ingabo Za DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Urugamba Rwongeye Guhinana Hagati Ya M23 N’Ingabo Za DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 December 2022 10:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu bice bya Karenga na Karuli hagati ya Pariki y’Ibirunga na Teritwari ya Nyiragongo, amasasu aravuza ubuhuha hagati y’abarwanyi ba M23 n’ingabo za DRC.

Aho imirwano iri kubera ni hafi ya Teritwari ya Nyiragongo muri Kivu y’Amajyaruguru.

Radiyo ya MONUSCO ikorera muri DRC yitwa Okapi ivuga ko umuvugizi wa FARDC muri Operasiyo Sokola 2 ikorera muri Kivu y’Amajyaruguru, Col Guillaume Njike Kaiko ari we wemeza ko imirwano ikaze hagati y’impande zombi.

Ngo M23 yagerageje  kwinjira mu birindiro bya FARDC biherereye muri ako gace ariko bayibera ibamba.

Ati:”  Inyeshyamba za M23 zirimo kugerageza gusesera mu mirongo y’ibirindiro bya FARDC ariko twabashije kuzisubiza inyuma.”

Col  Njike Kaiko avuga ko M23 yavuye muri Kibumba itagamije kubahiriza imyanzuro yafatiwe mu biganiro bya Luanda nk’uko byatangajwe taliki 23, Ugushyingo, 2022 ahubwo ngo yari amayeri yo gukaza ibirindiro byawo mu bindi bice biherereye muri Teritwari ya Rutshuru na Nyiragongo.

Gahunda yayo y’igihe kiri imbere ngo ni ugufata Teritwari ya Masisi.

Col Njike avuga  ko inyeshyamba za M23 zagaragaye mu birindiro bitanu byo muri pariki y’i Birunga.

Bafite n’indi  gahunda yo gukomereza Kamatembo muri gurupema ya Rusayu.

Nta cyo ubuyobozi bwa M23 buratangaza ku byo ushinjwa.

TAGGED:AbarwanyiDRCfeaturedIngaboM23
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gambia: Abasirikare Bakekwaho Gutegura Coup D’Etat Bafashwe
Next Article Iduka Ryo Ku Mashyirahamwe Ryahiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Impyisi: Inyamaswa Y’Ingirakamaro Nubwo Yangwa 

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

U Rwanda Rurashyira Imbaraga Mu Bukangurambaga Mu Gutanga Umusoro Wa TVA

FERWAFA Yiyemeje Gukorana Na Mauritania 

Ububiligi Bwijeje DRC Gukomeza Kuyiba Hafi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

You Might Also Like

Mu mahanga

Uburayi Bwatanze Miliyoni € 2 Zo Gufasha Abo Muri Kivu Y’Amajyepfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu Rwanda

Minisitiri Ingabire Yabwiye Isi Uko u Rwanda Rwimakaje Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro Wa RSSB Wikubye Kabiri Mu Myaka Itatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Abasirikare N’Abapolisi B’u Rwanda Bari Muri UN 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?