Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uruhare Rw’Umugore Mu Ikawa Y’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Uruhare Rw’Umugore Mu Ikawa Y’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 March 2024 8:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare ivuga ko mu Rwanda hose abahinga ikawa ari abantu 400,000, muri bo abagore ni 128,000 bakaba bangana na 32%. Ibigo 117 ni byo byohereza ikawa hanze, muri byo ibiyoborwa n’abagore  ni 28 bingana na 24%.

Ikigo cy’igihugu gishinzwe gutunganywa ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherezwa hanze, NAEB, kivuga ko mu Rwanda hari ahantu 100 hatekerwa ikawa(coffee shops), ahacungwa n’abagore nka ba nyiraho hangana na 30%.

Icyakora ikawa yose Abanyarwanda beza siko bayohereza hanze nk’uko byahoze mbere kuko hari igera kuri toni miliyoni imwe banywa ubwabo.

Ni nke ariko ugereranyije n’iyo buhereza hanze.

Imibare iheruka igaragaza ko guhera muri Mutarama kugeza muri Kamena, 2023 u Rwanda rwejeje ikawa ingana na toni miliyoni 5.5, ingana na toni miliyoni 4.9 yoherezwa hanze.

Iyo kawa yose yinjije miliyoni $25.3.

Ikawa ni ingenzi mu bukungu bw’u Rwanda

Mu gihe nk’icyo cy’umwaka wa 2022, u Rwanda rwohereje hanze toni miliyoni ebyiri zinjiza miliyoni $14.4.

Ku kigo nka NAEB ntabwo iki ari ikibazo kubera ko inshingano zacyo ari ukohereza ikawa cyangwa ibindi bihingwa hanze, bikinjiriza u Rwanda amadovize.

Mu rwego rwo kongera umusaruro w’ikawa, Kabayija Eric ushinzwe imishinga muri NAEB yabwiye RBA ko bafite gahunda yo kongera umusaruro wayo binyuze mu guha abantu ingemwe nziza, ariko ngo mu gutubura izo ngemwe, abagore nibo bazahabwamo akazi.

Abagore bafite akamaro mu bukungu bw’u Rwanda

Leta iteganya ko hari n’amafaranga azaca muri za Banki agenewe abagore bakora ubwo buhinzi kugira ngo umuhinzi abone inguzanyo runaka, hanyuma Leta imwunganire.

Abagore bafite za coffee shops bariyongera

Hasigaye igihe gito ngo isizeni igere, basarura ikawa.

TAGGED:AbagoreBankifeaturedIkawaNAEB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yatangaje Amazina Yise Abuzukuru Be
Next Article Bongeye Gusaba Ko Umunyamakuru Bujakera Arekurwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

You Might Also Like

Mu mahanga

Tchad: Hadutse Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: Abakozi Ba Leta Basabwe Kwiga Ikoranabuhanga Ry’Ubwenge Buhangano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?