Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uruhare Rw’Umugore Mu Ikawa Y’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Uruhare Rw’Umugore Mu Ikawa Y’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 March 2024 8:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare ivuga ko mu Rwanda hose abahinga ikawa ari abantu 400,000, muri bo abagore ni 128,000 bakaba bangana na 32%. Ibigo 117 ni byo byohereza ikawa hanze, muri byo ibiyoborwa n’abagore  ni 28 bingana na 24%.

Ikigo cy’igihugu gishinzwe gutunganywa ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherezwa hanze, NAEB, kivuga ko mu Rwanda hari ahantu 100 hatekerwa ikawa(coffee shops), ahacungwa n’abagore nka ba nyiraho hangana na 30%.

Icyakora ikawa yose Abanyarwanda beza siko bayohereza hanze nk’uko byahoze mbere kuko hari igera kuri toni miliyoni imwe banywa ubwabo.

Ni nke ariko ugereranyije n’iyo buhereza hanze.

Imibare iheruka igaragaza ko guhera muri Mutarama kugeza muri Kamena, 2023 u Rwanda rwejeje ikawa ingana na toni miliyoni 5.5, ingana na toni miliyoni 4.9 yoherezwa hanze.

Iyo kawa yose yinjije miliyoni $25.3.

Ikawa ni ingenzi mu bukungu bw’u Rwanda

Mu gihe nk’icyo cy’umwaka wa 2022, u Rwanda rwohereje hanze toni miliyoni ebyiri zinjiza miliyoni $14.4.

Ku kigo nka NAEB ntabwo iki ari ikibazo kubera ko inshingano zacyo ari ukohereza ikawa cyangwa ibindi bihingwa hanze, bikinjiriza u Rwanda amadovize.

Mu rwego rwo kongera umusaruro w’ikawa, Kabayija Eric ushinzwe imishinga muri NAEB yabwiye RBA ko bafite gahunda yo kongera umusaruro wayo binyuze mu guha abantu ingemwe nziza, ariko ngo mu gutubura izo ngemwe, abagore nibo bazahabwamo akazi.

Abagore bafite akamaro mu bukungu bw’u Rwanda

Leta iteganya ko hari n’amafaranga azaca muri za Banki agenewe abagore bakora ubwo buhinzi kugira ngo umuhinzi abone inguzanyo runaka, hanyuma Leta imwunganire.

Abagore bafite za coffee shops bariyongera

Hasigaye igihe gito ngo isizeni igere, basarura ikawa.

TAGGED:AbagoreBankifeaturedIkawaNAEB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yatangaje Amazina Yise Abuzukuru Be
Next Article Bongeye Gusaba Ko Umunyamakuru Bujakera Arekurwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?