Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urukiko Rwemeje Ko Ikirego DRC Yareze u Rwanda Gifite Ishingiro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Urukiko Rwemeje Ko Ikirego DRC Yareze u Rwanda Gifite Ishingiro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 June 2025 2:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Inteko iburanisha y'uru rukiko ubwo yanzuraga.
SHARE

Urukiko rwa Afurika rushinzwe uburenganzira bwa muntu rwanzuye ko ibyo u Rwanda rwari rwaratanze nk’impamvu rudakwiye kwakira no kuburanisha ibirego DRC irurega, zidafite ishingisho.

Hashize igihe DRC ireze u Rwanda ko rumaze igihe kirenga imyaka 30 ruyitera, ibintu rwahakanye ndetse abari baruhagarariye muri uru rubanza bakavuga ko ibyo ‘atari byo’, ko urukiko rwaregewe rudafite ubushobozi bwo kuburanisha icyo kirego, bityo ko kidakwiye kwakirwa.

Inteko iburanisha muri uru rukiko ruri i Arusha muri Tanzania kuri uyu wa Kane yanzuye ko ingingo u Rwanda rwatanze rwisobanura ku byo DRC yaruregaga bitakiriwe.

Rwanzuye ko ‘rufite’ ubushobozi bwo kwakira ikirego cya Kinshasa no kukiburanisha, ruhita rusaba u Rwanda ko mu bitarenze iminsi 90 rugomba kuba rwatanze ibisobanuro bikubiyemo uko rwiregura kuri ibyo birego.

Urukiko rwanzuye ko nyuma y’uko u Rwanda rutanze ibisobanuro kuri iyo ngingo, Repubulika ya Demukarasi ya Congo ikazaba ifite iminsi 40 yo gutanga ibisubizo kuri byo, byose bikazaherwaho Urukiko rufata umwanzuro wa nyuma.

Ubwo twatangazaga iyi nkuru, ntacyo u Rwanda rwari rwatangaje kuri icyo cyemezo…

TAGGED:CongofeaturedIkiregoRwandaUbuyoboziUmwanzuroUrubanzaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda:Uwayoboye Ubutasi Bwa Gisirikare Yoherejwe Mu Burundi 
Next Article Kaminuza Y’U Rwanda Ishimirwa Ko Yumviye Inama Z’Umugenzuzi W’Imari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Arasaba Ko Umugambi W’Amahoro Wo Guhuza Hamas Na Israel Ugerwaho

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Somalia: Al Shabaab Yagabye Igitero Aho Abarwanyi Bayo Bafungiye

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kigali: U Rwanda Ruraganira Na Afurika Uko Politiki Ya ICT Yahuzwa

Umuhanga Wabwiye Isi Imibereho Y’Impundu Jane Goodall Yapfuye

Perezida Kagame Yashimiye Abanyarwanda Bafannye Igare

Burkina Faso Irapfa Iki Na Côte d’Ivoire ?

Uko Umusaruro Mbumbe W’u Rwanda Uhagaze Mu Gihembwe Cya Kabiri Cya 2025

You Might Also Like

ImikinoMu RwandaPolitiki

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaImibereho Y'Abaturage

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?