Ihuriro ry’abagore bihurije muri Rwanda Women’s Network bashima Leta y’u Rwanda ko yashyizeho politiki zo guteza imbere umugore no kumurinda ihohoterwa ariko rikifuza ko ibikubiye mu...
Kuri uyu wa Gatanu, nibwo Urukiko ruri butangaze umwanzuro warwo ku mbogamizi Paul Rusesabagina aherutse kuruha avuga ko atari Umunyarwanda, bityo ko adakwiye kuburanishwa n’Inkiko z’u...
Saa munani z’amanywa(2h00pm) nibwo Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rutangaza niba rwasanze ubusabe bw’ubwunganizi bw’uko rudafite ubushobozi bwo kuburanisha urubanza Alfred Nkubiri aregwamo uruhare mu inyerezwa rya...