Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urukiko Rwemereye Guverinoma Y’u Bwongereza KOHEREZA Abimukira Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Urukiko Rwemereye Guverinoma Y’u Bwongereza KOHEREZA Abimukira Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 December 2022 1:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Close up of Male lawyer or judge hand's striking the gavel on sounding block, working with Law books, report the case on table in modern office, Law and justice concept.
SHARE

Icyemezo cyo kohereza abimukira mu Rwanda gifashwe n’urukiko nyuma y’amezi atatu yari ashize urukiko rukuru rw’u Bwongereza rusuzuma niba ibyo imiryango y’uburenganzira bwa muntu yavugaga byari bifite ishingiro.

Izo ngingo zavugaga ko amasezerano hagati ya Kigali na London yo kohereza abimukira mu Rwanda adashingiye ku yindi mpamvu itari ubucuruzi.

Abavugaga ibi bavugaga ko u Rwanda ruri no mu bihugu bidakurikiza uburenganzira bwa muntu.

Ikinyamakuru iNews.co.uk  cyo mu Bwongereza kivuga ko umucamanza wasomye uyu mwanzuro yavuze ko ibikubiye muri ariya masezerano ntaho ubwabyo butandukiriye amategeko mpuzamahanga agenga impunzi n’abimukira.

Umucamanza yagize ati: “ Urukiko rwanzuye  ko ibikubiye mu masezerano y’impande zombi bidatandukiriye amategeko.”

iNews.co.uk ivuga ko Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo yababwiye ko u Rwanda rwishimiye kiriya cyemezo kandi ngo u Rwanda rwiteguye kuzabakira neza kuko n’ubundi rwabyiteguye mu gihe gihagije.

Uwahoze ari Umunyamabanga wo muri Guverinoma y’u Bwongereza wari ufite iyi dosiye witwa Priti Patel yakunze gusezeranya amahanga ko u Rwanda rufite ibisabwa byose ngo rwakire bariya bantu.

Perezida Paul Kagame nawe yigeze kubwira abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda ko abavuga ko u Rwanda rugura kandi rukagurisha abimukira, baba bibeshya.

Ngo icyo rukora ni ibikorwa bishyize mu gaciro kandi bigamije guhesha ikiremwamuntu agaciro cyane cyane ak’abantu baba bashobora kwibasirwa n’abagizi ba nabi barimo n’abacuruza abantu.

TAGGED:AbimukiraBwongerezafeaturedRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibiciro By’Ibiribwa Bimwe Na Bimwe Byagabanutse Ku Isiko Ry’u Rwanda
Next Article Bamporiki Yasabye Urukiko Guhabwa Igifungo Gisubitse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?