Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urukiko Rw’Ikirenga Rwa Kenya Rwanze Ko Polisi Ijya Haiti 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Urukiko Rw’Ikirenga Rwa Kenya Rwanze Ko Polisi Ijya Haiti 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 January 2024 9:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abapolisi ba Kenya basabwe guca urugomo mu gihugu
SHARE

Umucamanza mu rukiko rw’ikirenga rwa Kenya yanzuye ko bidakwiye ko Polisi y’iki gihugu yoherezwa mu Haiti kurwanya udutsiko tw’abagizi ba nabi bahashinze ibirindiro.

Uwo mucamanza yavuze ko we na bagenzi be basanze kohereza abapolisi ba Kenya muri Haiti bidakurikije amategeko.

Icyakora abacamanza bavuga ko ahantu nka Haiti hoherezwa abasirikare aho kuba abapolisi.

Ngo nibyo biteganywa n’amategeko.

Kenya yiyemeje kuzohereza abapolisi bayo muri Haiti bakazafatanya n’abandi bazava mu bindi bihugu.

Urukiko rw’ikirenga rwa Kenya ruvuga ko amategeko ya Kenya avuga ko yohereza abapolisi mu gihugu runaka iyo ibihugu byombi bifitanye amasezerano yo kohererezanya abapolisi.

N’ubwo ubutabera bwa Kenya bwemeje ko uwo ari wo mwanzuro wabwo, ku rundi ruhande Guverinoma yo yavuze ko izajuririra icyo cyemezo.

Mu mezi yashize Minisitiri w’intebe wa Haiti witwa Ariel Henry yabwiye Umuryango w’Abibumbye ko igihugu cye gikeneye umutwe ushinzwe umutekano ngo uze gufasha gutekanisha Haiti.

Abagizi ba nabi muri Haiti bagenzura 80% by’Umurwa mukuru wose wa Haiti ari wo Port-au-Prince.

TAGGED:AbapolisifeaturedHaitiUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article CP Kabera Yaburiye Ibigo Byigenga Bicunga Umutekano
Next Article Rwamagana: Gushakisha Abarohamye Muri Mugesera Birakomeje
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?