Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urwego Rw’Umuvunyi Rurashinjwa Kwirengagiza Akarengane K’Umuturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Urwego Rw’Umuvunyi Rurashinjwa Kwirengagiza Akarengane K’Umuturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2021 8:55 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Video: Umuturage utuye i Samuduha Akagari ka Rubirizi, Umurenge wa Kanombe muri Kigali witwa Seraphine Niyitegeka avuga ko yagejeje ikibazo cye muri Perezidansi kubera akarengane, nayo isaba Urwego rw’Umuvunyi ngo rubijyemo rubicyemure ariko rurabuzinzika. Inzu ze zisa n’izafashwe bugwate kandi mu buryo we yita ku burimo akarengane.

Muri Jenoside Séraphine Niyitegeka yari umwangavu. Bamwe mu Nterahamwe baje kumufata ku ngufu baramusambanya, bamwanduza SIDA ndetse ayisamiramo n’umwana.

Mu buhamya yahaye Taarifa, avuga ko yanze gukuramo iriya nda, ahubwo arabyara ndetse ku by’amahirwe, umwana avuka ari muzima.

Ati: “Narokocyeye muri Kicukiro Centre, muri ETO ariko ubundi nkomoka i Nyaruguru. Nyuma yo kwanduzwa SIDA naje gusama, mbyara umwana muzima. Mbonye ari uko bimeze nahisemo kumurera, ndakora Imana impa umugisha umuntu ampa amafaranga ndayakoresha yunguka andi.”

Avuga ko yagombaga gukora kugira ngo azazigamire abana be, kuko nyuma yaje kubyara undi.

Inkunga yatumye azamuka, yari yarayibonye mu mwaka wa 1997.

Mu gukoresha neza uriya mutungo, yaje kugura ikibanza yubakamo inzu mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kanombe, Kabeza, ahitwa Samuduha.

Avuga ko yubatse inzu eshatu, buri imwe ukwayo…

Kubera bwa burwayi, yaje kujya kwivuriza muri Uganda, ariko mbere y’uko agenda, abanza kwegera Banki yitwa Vision Fund ngo imugurize amafaranga ajye kwivuza, hanyuma ayihe ingwate y’izo nzu  yubatswe i Samuduka muri Kabeza

Ibyakurikiyeho ni indi nkuru ibabaje…

Umva ikiganiro cyose yahaye Taarifa.rw

TAGGED:BankifeaturedKicukiroPerezidansiSeraphineUmuturage
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Igitutu Ni Cyinshi Kuri Koffi Olomide, Arazira Kuririmba Perezida Mnangagwa
Next Article Umunyarwanda “Yishe” Umupadiri Wari Umucumbikiye Mu Bufaransa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hateguwe Miliyoni € 2 Zo Gukumira Ingaruka Zo Kubaka Ibikorwaremezo Bihungabanya Ibidukikije

Abahitanywe N’Inkongi Muri Hong Kong Biyongereye, Ikizere Ku Barokotse Cyakendereye

Uburundi Bwatangije Umushinga Wo Gukoresha Ubwenge Buhangano

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Hong Kong: Abishwe N’Inkongi Barakabakaba 100

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Qatar Yasinyanye Na DRC Amasezerano Atandatu

You Might Also Like

Mu Rwanda

Kuba Twahurira Washington Tukagira Ibyo Twemeranyaho Ni Ikintu Cyiza-Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Amadini N'Iyobokamana

Papa Lewo XIV Yageze Muri Turikiya Mu Ruzinduko Rwa Mbere Mu Mahanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

U Rwanda Rurakina Na Guinea Rushaka Tike Y’Igikombe Cy’Isi Muri Basketball

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Iseru: Indwara Iheruka Mu Rwanda Iravugwa i Masisi Na Rutshuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?