Urwobo Rwa Bayanga Rwa Huye Rwarasibwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye bwatangaje ko icyahoze ari urwobo rwa Bayanga rwasibwe, ubu rutagiteje ikibazo cy’ubuzima nka mbere.

Uru rwobo ruri mu Murenge wa Ngoma, Akagari ka Kabutare.

Ku rukuta rwa Twitter rw’Akarere ka Huye handitse ko ruriya rwobo rwasibwe ubwo hatunganywaga umuhanda.

Haranditse hati: “Icyobo kinini cyari cyaracukutse ahazwi nko mu Rwabayanga mu Murenge wa Ngoma cyarasibwe, haratunganywa neza.”
Ubuyobozi bwa Huye buvuga ko kiriya cyobo cyasibwe ubwo hakorwaga
umuhanda wa Kaburimbo wageraga ku irimbi rya Rwabayanga-Ngoma.

- Advertisement -

Ngo byakozwe mu rwego rwo kongera ibikorwa remezo.

Hari ahantu habiri mu Rwanda hafite izina urwa Bayanga.

Hari mu Bugesera no mu Karere ka Huye.

 

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version