Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwafashije Bruce Melodie Kuba Uwo Ari We Yahawe Kuyobora Radio
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Uwafashije Bruce Melodie Kuba Uwo Ari We Yahawe Kuyobora Radio

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 November 2022 7:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Yitwa Lee Ndayisaba. Uyu mugabo ni umwe mu bantu bagiriye akamaro kanini umuhanzi witwa Bruce Melodie kuko yamugiriye inama zamufashije kuba icyamamare ari cyo muri iki gihe.

Bivugwa ko yamufashije gusinyira amasezerano magari ya Miliyari Frw 1 ndetse n’andi ya Miliyoni Frw 150.

Ubu amakuru avuga ko yahawe kuyobora radio izwi mu Rwanda mu rwego rwa muzika bita Kiss FM.

Lee Ndayisaba yakoze byinshi mu uguteza imbere imyidagaduro yo mu bihugu byo mu Karere k’Afurika y’i Burasirazuba.

Ni umunyemari ukiri muto kandi uzi kureshya abantu bakazana amafaranga.

Muri uko kureshya abakiliya, uyu mugabo yafashije Bruce Melodie gusinya amasezerano  ya Miliyoni Frw 150 yo kwamamaza BK Arena nk’uko izwi ‘kugeza ubu’.

Mbere yahoze yitwa Kigali Arena.

Muri iki gihe Bruce Melodie afite undi mujyanama.

Uyu muhanzi bamwe badatinya kuvuga ko ari we ukunzwe kurusha abandi mu Rwanda, yakunze guhakana ko yatandukanye na Lee Ndayisaba.

Icyakora Ndayisaba we avuga ko atagikorana na Melodie.

Lee Ndayisaba yigeze no kuyobora  Clouds TV izwi cyane mu myidagaduro yo muri Tanzania.

Radio KISS FM agiye kuyobora, isanzwe ifite abanyamakuru b’imyidagaduro b’abahanga kandi bamaze kwamamara.

Mu mpera z’Icyumweru gishize, Lee Ndayisaba yari ari mu batanze ibihembo ku bahanzi bitwaye neza, bahembwe mu kiswe  Kiss Summer Award.

TAGGED:BrucefeaturedImyidagaduroMelodieNdayisaba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Abaturage Batwitse Imodoka Za MONUSCO
Next Article Papa Sava Yagizwe Ambasaderi Wa CANAL+ Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?