Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwafashije Bruce Melodie Kuba Uwo Ari We Yahawe Kuyobora Radio
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Uwafashije Bruce Melodie Kuba Uwo Ari We Yahawe Kuyobora Radio

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 November 2022 7:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Yitwa Lee Ndayisaba. Uyu mugabo ni umwe mu bantu bagiriye akamaro kanini umuhanzi witwa Bruce Melodie kuko yamugiriye inama zamufashije kuba icyamamare ari cyo muri iki gihe.

Bivugwa ko yamufashije gusinyira amasezerano magari ya Miliyari Frw 1 ndetse n’andi ya Miliyoni Frw 150.

Ubu amakuru avuga ko yahawe kuyobora radio izwi mu Rwanda mu rwego rwa muzika bita Kiss FM.

Lee Ndayisaba yakoze byinshi mu uguteza imbere imyidagaduro yo mu bihugu byo mu Karere k’Afurika y’i Burasirazuba.

Ni umunyemari ukiri muto kandi uzi kureshya abantu bakazana amafaranga.

Muri uko kureshya abakiliya, uyu mugabo yafashije Bruce Melodie gusinya amasezerano  ya Miliyoni Frw 150 yo kwamamaza BK Arena nk’uko izwi ‘kugeza ubu’.

Mbere yahoze yitwa Kigali Arena.

Muri iki gihe Bruce Melodie afite undi mujyanama.

Uyu muhanzi bamwe badatinya kuvuga ko ari we ukunzwe kurusha abandi mu Rwanda, yakunze guhakana ko yatandukanye na Lee Ndayisaba.

Icyakora Ndayisaba we avuga ko atagikorana na Melodie.

Lee Ndayisaba yigeze no kuyobora  Clouds TV izwi cyane mu myidagaduro yo muri Tanzania.

Radio KISS FM agiye kuyobora, isanzwe ifite abanyamakuru b’imyidagaduro b’abahanga kandi bamaze kwamamara.

Mu mpera z’Icyumweru gishize, Lee Ndayisaba yari ari mu batanze ibihembo ku bahanzi bitwaye neza, bahembwe mu kiswe  Kiss Summer Award.

TAGGED:BrucefeaturedImyidagaduroMelodieNdayisaba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Abaturage Batwitse Imodoka Za MONUSCO
Next Article Papa Sava Yagizwe Ambasaderi Wa CANAL+ Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

‘Body Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Chameleone FM: Radiyo Chameleone Agiye Gutangiza i Bujumbura

40.1% By’Abatuye Kigali Batuye Mu Kajagari- Meya Dusengiyumva

Impyisi: Inyamaswa Y’Ingirakamaro Nubwo Yangwa 

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rurashyira Imbaraga Mu Bukangurambaga Mu Gutanga Umusoro Wa TVA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yiyemeje Gukorana Na Mauritania 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ububiligi Bwijeje DRC Gukomeza Kuyiba Hafi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu Rwanda

Minisitiri Ingabire Yabwiye Isi Uko u Rwanda Rwimakaje Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?