Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwahoze Ayobora Ikigo Cy’Amakoperative Yanze Kwitaba PAC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Uwahoze Ayobora Ikigo Cy’Amakoperative Yanze Kwitaba PAC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 September 2023 7:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Prof. Jean Bosco Harelimana wigeze kuyobora Ikigo cy’igihugu cy’amakoperative yohererejwe ubutumwa na Komisiyo y’Inteko ishinga amategeko  ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari ya Leta ngo azaze agire ibyo ayisobanurira, arabyanga.

Ni ibyatangajwe n’abayobozi b’iyo Komisiyo kuri uyu wa Gatatu taliki 13, Nzeri, 2023 ubwo bavugaga ku byayigaragayemo bijyanye n’imikoreshereze mibi y’imari ya Rwanda Cooperative Agency mu mwaka warangiye ku wa 30,Kamena, 2022.

Abayobozi ba PAC  bavuga ko boherereje Prof. Jean Bosco Harelimana ubutumwa bw’ikoranabuhanga bwa e-mail bumutumira ngo azaze agire ibyo ayisobanurira ariko ntiyabusubiza.

Banzuye ko uri mu mirimo yo kuyobora kiriya kigo muri iki gihe ari we Dr. Patrice Mugenzi ari we ugomba kubisobanura.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Nyuma yo gukurwa mu mirimo, Prof Harelimana yasimbuwe na Madamu Mugwaneza Pacifique.

Impamvu zatumye atitabira ubutumire bwa PAC ntizasobanuwe.

TAGGED:featuredIntekoPAC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakora Nabi Ntibakagire Uwo Batera Ubwoba: Kagame
Next Article Ibibi Byo Kuranzika Umurimo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?