Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwahoze Ayobora Ikigo Cy’Amakoperative Yanze Kwitaba PAC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Uwahoze Ayobora Ikigo Cy’Amakoperative Yanze Kwitaba PAC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 September 2023 7:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Prof. Jean Bosco Harelimana wigeze kuyobora Ikigo cy’igihugu cy’amakoperative yohererejwe ubutumwa na Komisiyo y’Inteko ishinga amategeko  ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari ya Leta ngo azaze agire ibyo ayisobanurira, arabyanga.

Ni ibyatangajwe n’abayobozi b’iyo Komisiyo kuri uyu wa Gatatu taliki 13, Nzeri, 2023 ubwo bavugaga ku byayigaragayemo bijyanye n’imikoreshereze mibi y’imari ya Rwanda Cooperative Agency mu mwaka warangiye ku wa 30,Kamena, 2022.

Abayobozi ba PAC  bavuga ko boherereje Prof. Jean Bosco Harelimana ubutumwa bw’ikoranabuhanga bwa e-mail bumutumira ngo azaze agire ibyo ayisobanurira ariko ntiyabusubiza.

Banzuye ko uri mu mirimo yo kuyobora kiriya kigo muri iki gihe ari we Dr. Patrice Mugenzi ari we ugomba kubisobanura.

Nyuma yo gukurwa mu mirimo, Prof Harelimana yasimbuwe na Madamu Mugwaneza Pacifique.

Impamvu zatumye atitabira ubutumire bwa PAC ntizasobanuwe.

TAGGED:featuredIntekoPAC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakora Nabi Ntibakagire Uwo Batera Ubwoba: Kagame
Next Article Ibibi Byo Kuranzika Umurimo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?