Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uwishe Uwahoze Ari Minisitiri W’Intebe W’u Buyapani Yavuze Icyabimuteye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uwishe Uwahoze Ari Minisitiri W’Intebe W’u Buyapani Yavuze Icyabimuteye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 July 2022 2:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo kuraswa amasasu abiri mu gituza akajyanwa kwa muganga, byarangiye Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’Intebe apfuye. Uwamurashe ni umugabo w’imyaka 41, amazina ye ni Tetsuya Yamagami.

Yabwiye Polisi ko ubwo Shinzo Abe yari Minisitiri w’Intebe atitwaye mu buryo bwamushimishije bityo ko yumvaga yifuza icyabahuza ngo amwice.

Amakuru yaje kumennyekana nyuma ni ay’uko uriya mugabo yigeze kuba mu ngabo z’u Buyapani zirwanira mu mazi mu myaka ya 2005.

Ikindi cyamenyekanye ni uko imbunda yakoreshejwe yica Shinzo Abe  ari imbunda uriya mugabo yikoreye ubwe, abinyujije mu guterateranya ibyuma.

Shinzo Abe yapfuye afite imyaka 61 y’amavuko

Abumvise urusaku rwayo bumvise atari urw’imbunda isanzwe ahubwo ngo rwavugaga mu buryo bwihariye.

Amasasu abiri yakomerekeje Shinzo Abe mu gituza yangije igice cy’ibihaha n’umutima k’uburyo yapfuye azize gutakaza amaraso menshi.

Mu Bitaro byitwa Nara bageragaje kumutera amaraso no guhagarika ayavaga ariko biranga.

Mu Buyapani iyo umuntu ahamijwe icyaha cy’u Bwicanyi nawe ahanishwa urupfu.

Amafoto: Uwahoze Ari Minisitiri W’Intebe W’u Buyapani Yarashwe

TAGGED:AbeBuyapanifeaturedIntebeMinisiteriShinzo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Ngaruka Zo Kutihaza Mu Biribwa Harimo No Guhungabanya Amahoro Mu Bantu
Next Article Jose Edouardo Dos Santos Wategetse Angola Yatabarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?