Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Winnie Byanyima Yasuye Monique Nsanzabaganwa, Baganiriye Izihe Ngingo”
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Winnie Byanyima Yasuye Monique Nsanzabaganwa, Baganiriye Izihe Ngingo”

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 March 2021 1:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi wungirije wa Komisiyo y’Africa yunze ubumwe, Madamu Dr Monique Nsanzabaganwa yagiranye ibiganiro na Madamu Winnie Byanyima uyoboye Ishami Rya UN rishinzwe kurwanya SIDA. Barebeye hamwe uko inzego bahagarariye zakorana mu guhangana n’ikwirakwira rya SIDA ndetse no gukumira ingaruka zayo.

Dr. Monique Nsanzabaganwa yahoze ari visi Guverineri wa Banki nkuru y’u Rwanda.  Ku myaka 50 yatorewe kuba umuyobozi mukuru wungirije w’umuryango wa Afurika yunze ubumwe.

Ubwo yahanganaga n’abandi bashakaga uriya mwanya, yawutsindiye ku  bwiganze bw’amajwi 42 muri 55 y’abatora.

Amatora yabereye mu nama isanzwe ya 34 y’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe.

Kuri uyu mwanya, Dr. Nsanzabaganwa asimbuye Quartey Thomas Kwesi wari umazeho imyaka 4.

Yungirije Dr. Moussa Faki Mahamat nawe wongeye gutorerwa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe mu yindi manda y’imyaka 4 .

Baganiriye uko inzego zakorana mu guhashya VIH/SIDA

Byanyima ni muntu ki?

Madamu Winifred Byanyima, ni UmunyaUgandakazi. Yize ibyo gutwara no gukora indege, ariko azwi cyane muri politiki n’ububanyi n’amahanga.

Muri iki gihe niwe uyobora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kurwanya SIDA, (UNAIDS).

Umuhati we watumye yiyemeza ko SIDA igomba kuzaba yaracitse ku isi bitarenze 2030.

Ni umwe kandi mu bantu baharaniye ko urukingo rwa COVID-19 ruboneka kandi rugasaranganywa abantu bose nta kurobanura.

Mbere y’uko ayobora ririya shami, yari asanzwe ari Umuyobozi mukuru wa Oxfam, uyu ukaba ari umuryango mpuzamahanga utegamiye kuri Leta ukorera mu bihugu 90 ku isi Yavukiye i Mbarara akaba ari umufasha w’umunyapolitiki Bwana Kizza Besigye.

TAGGED:AfurikaByanyimafeaturedGuverineriNsanzabaganwaRwandaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article “Être Covidé”, “Les Poches Sont Confinées” …Imvugo Z’Urwenya Kuri COVID-19
Next Article Nguesso ‘Afite Amahirwe’ Yo Kongera Kuyobora Congo-Brazzavile
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?