Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Yahirikiye Se Mu Musarane Wa Metero 20
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Yahirikiye Se Mu Musarane Wa Metero 20

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 January 2023 9:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo gutongana bapfa umurima, umuhungu w’imyaka 22  muri Kenya ahitwa Longisa yahiriye Se w’imyaka 60 mu bwiherero bamukuramo yanegekaye.

Se w’uriya musore yitwa Samuel Tanui. Nyuma y’iminsi ibiri yamaze mu musarane wari utarakoreshwa, yaje kumvwa n’umuntu wari uhise aho aramutabariza bamukuramo agihumeka.

Bamujyanye ku bitaro by’icyitegererezo byitwa Longisa County Referral Hospita.

Abaturanyi bakimara kumva iyo nkuru barahuruye bashaka urwego barumanukiraho bageze mu mwobo bafasha uwo musaza kuwuvamo agihumeka.

Ukurikiranyweho gukora biriya yaje gufatwa ubwo yari atashye yizeye ko Se yamaze gupfa.

Uyu musore yitwa Charles Kiplangat Rotich.

Abapolisi bahise bamuta muri yombi bajya kumufungira kuri station ya Polisi ya Longisa.

Yababwiye ko yamusunikiye muri uriya mwobo nyuma y’uko undi yari yanze kumuha ku isambu y’umuryango.

Umupolisi mukuru mu baje gutabara uriya musaza yabwiye The Citizen Digital ko yashimishijwe n’uko k’ubw’amahirwe nta mvura yaguye kuko yari buhitane uriya mugabo bitewe n’amazi yari bumusange mu mwobo.

TAGGED:KenyaPolisiUmusaraneUmusoreUmwobo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kamonyi: Yafatanywe $2,550 Y’Amiganano
Next Article Umunyarwanda Arasifuza Umukino Wa ¼ cya CHAN
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?