Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Zimbabwe Yakuyeho Igihano Cy’Urupfu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Zimbabwe Yakuyeho Igihano Cy’Urupfu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 February 2024 9:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inama y’Abaminisitiri muri Zimbwabwe yanzuye ko igihano cy’urupfu gukurwa mu bindi bigenwa n’amategeko y’iki gihugu.

Ni umwanzuro wafashwe nyuma y’igihe kirekire hari impaka mu Nteko ishinga amategeko kuri iyi ngingo.

Reuters yanditse ko iki gihano cyasimbujwe imyaka myinshi muri gereza mu gihe uwaregwaga ahamijwe icyaha kiri mu bikomeye bigenwa n’amategeko ya Zimbabwe.

Igihano cy’urupfu  mu mategeko ya Zimbabwe cyari cyarashyizweho mu myaka y’ubukoloni bw’Abongereza bakoronije iki gihugu.

Itangazo ririmo ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri rivuga ko hazarebwa uko ibihano bigenewe  abantu bakoze ibyaha bikomeye biteganyijwe, byagirwa birebire ariko ihame ry’uko umuntu adakwiye kwamburwa ubuzima rigakurikizwa.

Zimbazwe yaherukaga gushyira mu bikorwa igihano cyo kwica uhamijwe ibyaha mu mwaka wa 2005.

Twibukiranye ko na Perezida Emmerson Mnangagwa uyobora Zimbazwe muri iki gihe yigeze gukatirwa urwo gupfa mu gihe cy’ubukoloni bw’Abongereza ariko ararusimbuka.

TAGGED:featuredIgihanoMnangagwaUrupfuZimbabwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kibeho: Perezida Duda Yahawe Ishusho Ya Bikira Mariya
Next Article Rusizi: Aravugwaho Kwicisha Umugore We Ishoka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?