Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abadepite 32 Bo Muri Congo- Kinshasa Bishwe Na COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Abadepite 32 Bo Muri Congo- Kinshasa Bishwe Na COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 May 2021 3:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko muri DRC witwa Jean Marc Kabund aherutse gutangaza ko kuva icyorezo COVID-19 cyagera muri kiriya gihugu kimaze kwica Abadepite 32 ni ukuvuga 5% by’Abadepite bose ba kiriya gihugu.

Imibare yerekana ko abantu banduye kiriya cyorezo muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo ari 31, 248 muri boa bantu 780 cyarabahitanye, bakabarirwamo n’Abadepite 32.

Mu rwego rwo kugabanya ibyago byo kwanduzanya, ubu Adepite basabwe kujya mu Nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Kongo bambaye agapfumunwa n’ubwo atari ko bose babikurikiza.

Ibikorwa byo gukingira abaturage muri kiriya gihugu byaratinze kuko ubutegetsi bwabanje kubuza ko abantu baterwa urukingo rwaAstraZenica kubera ko hari aho rwari rwaravuzweho kutuzuza ubuziranenge, bamwe baruterwa bakahasiga ubuzima.

Jean Marc Kabund

Reuters yanditse ko kugeza ubu hari abantu 19 597 bamaze gukingirwa kuva tariki 19, Mata, 2021 ubwo gukingira byemerwaga.

Kugeza ubu imibare yerekana ko Repubulika ya Demukarasi ya Congo ituwe n’abaturage miliyoni 80.

TAGGED:AbadepiteCongoCOVID-19DemukarasiDRCfeatured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu 200 Barohamye
Next Article Col Assimi Uvugwaho Guhirika Ubutegetsi muri Mali ‘Yagizwe Perezida’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?