Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abadepite 32 Bo Muri Congo- Kinshasa Bishwe Na COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Abadepite 32 Bo Muri Congo- Kinshasa Bishwe Na COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 May 2021 3:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko muri DRC witwa Jean Marc Kabund aherutse gutangaza ko kuva icyorezo COVID-19 cyagera muri kiriya gihugu kimaze kwica Abadepite 32 ni ukuvuga 5% by’Abadepite bose ba kiriya gihugu.

Imibare yerekana ko abantu banduye kiriya cyorezo muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo ari 31, 248 muri boa bantu 780 cyarabahitanye, bakabarirwamo n’Abadepite 32.

Mu rwego rwo kugabanya ibyago byo kwanduzanya, ubu Adepite basabwe kujya mu Nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Kongo bambaye agapfumunwa n’ubwo atari ko bose babikurikiza.

Ibikorwa byo gukingira abaturage muri kiriya gihugu byaratinze kuko ubutegetsi bwabanje kubuza ko abantu baterwa urukingo rwaAstraZenica kubera ko hari aho rwari rwaravuzweho kutuzuza ubuziranenge, bamwe baruterwa bakahasiga ubuzima.

Jean Marc Kabund

Reuters yanditse ko kugeza ubu hari abantu 19 597 bamaze gukingirwa kuva tariki 19, Mata, 2021 ubwo gukingira byemerwaga.

Kugeza ubu imibare yerekana ko Repubulika ya Demukarasi ya Congo ituwe n’abaturage miliyoni 80.

TAGGED:AbadepiteCongoCOVID-19DemukarasiDRCfeatured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu 200 Barohamye
Next Article Col Assimi Uvugwaho Guhirika Ubutegetsi muri Mali ‘Yagizwe Perezida’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?