Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abadepite 32 Bo Muri Congo- Kinshasa Bishwe Na COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Abadepite 32 Bo Muri Congo- Kinshasa Bishwe Na COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 May 2021 3:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko muri DRC witwa Jean Marc Kabund aherutse gutangaza ko kuva icyorezo COVID-19 cyagera muri kiriya gihugu kimaze kwica Abadepite 32 ni ukuvuga 5% by’Abadepite bose ba kiriya gihugu.

Imibare yerekana ko abantu banduye kiriya cyorezo muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo ari 31, 248 muri boa bantu 780 cyarabahitanye, bakabarirwamo n’Abadepite 32.

Mu rwego rwo kugabanya ibyago byo kwanduzanya, ubu Adepite basabwe kujya mu Nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Kongo bambaye agapfumunwa n’ubwo atari ko bose babikurikiza.

Ibikorwa byo gukingira abaturage muri kiriya gihugu byaratinze kuko ubutegetsi bwabanje kubuza ko abantu baterwa urukingo rwaAstraZenica kubera ko hari aho rwari rwaravuzweho kutuzuza ubuziranenge, bamwe baruterwa bakahasiga ubuzima.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Jean Marc Kabund

Reuters yanditse ko kugeza ubu hari abantu 19 597 bamaze gukingirwa kuva tariki 19, Mata, 2021 ubwo gukingira byemerwaga.

Kugeza ubu imibare yerekana ko Repubulika ya Demukarasi ya Congo ituwe n’abaturage miliyoni 80.

TAGGED:AbadepiteCongoCOVID-19DemukarasiDRCfeatured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu 200 Barohamye
Next Article Col Assimi Uvugwaho Guhirika Ubutegetsi muri Mali ‘Yagizwe Perezida’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Aratangira Inshingano Ze Ku Mugaragaro

Kagame Yaganiye Na NBA Africa Uko Basket Yatezwa Imbere Kurushaho

Israel Yatangije Ibitero Bikomeye Kuri Gaza

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Gutega Amatwi Inyoni Ziririmba Bimara Ishavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Iraburira Abajya Gusenga Bakibwa Telefone

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?