Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abagore Bari Barashimutanywe N’Abana Babohojwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abagore Bari Barashimutanywe N’Abana Babohojwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 January 2023 10:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inzego z’umutekano za Burkina Faso zabohoje abagore 27 n’abana babo 39 bari barashimuswe n’ibyihebe bikekwa ko ari ibyo muri Islamic State, ishami ry’Afurika y’i Burengerazuba.

Mu mpera z’Icyumweru gishize( cyarangiye taliki 15, Mutarama, 2023) ibyihebe byashimuse abagore n’abana bibasanze mu Majyaruguru ya Burkina Faso ahitwa Arbinda mu Ntara ya Soum iri mu gice cya Burkina Faso kigize Sahel.

Ku ikubitiro bariya bagizi ba nabi babanje gushimuta abana 12, nyuma batwara abandi 13 babavanye mu midugudu ibiri ituranye.

Radio ya Burkina Faso yitwa Radio Diffusion Television du Burkina (RTP) niyo yatangaje ko ingabo na Polisi bya kiriya gihugu byabohoje bariya bantu.

Aya makuru yatangajwe mu gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu  Taliki 20, Mutarama, 2023.

Ubwo bariya bantu bafatwaga bunyago, bikamenyekana, umuryango mpuzamahanga warabyamaganye.

Antonio Guterres uyobora Umuryango w’Abibumbye yasabye ko barekurwa ‘nta yandi mananiza.’

Burkina Faso iri mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’Afurika byazahajwe n’ibitero by’iterabwoba.

Islamic State niyo iteye impungenge ku mutekano w’Afurika yose…

Islamic State Yugarije Afurika

 

TAGGED:AbagoreAbanaBurkinaBurkina FasoFasofeaturedIbyihebeIslamicIterabwobaState
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yapfuye Avuye Mu Nama Y’Abaminisitiri
Next Article 2023:Ubukungu Bw’u Rwanda Buzazamukaho 7.8%
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?