Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abagore Bo Mu Mahanga Bageze i Kigali Mu Nama Ibateganyirijwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abagore Bo Mu Mahanga Bageze i Kigali Mu Nama Ibateganyirijwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 July 2023 10:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Kigali hagiye kubera Inama Mpuzamahanga Y’iterambere ry’Umugore yiswe Women Deliver 2023 Conference izatangira kuri uyu wa Mbere taliki 17, Nyakanga, 2023.

Abagore baturutse imihanda yose bageze i Kigali iminsi myinshi mbere y’uko itangira kugira ngo bishimire ubwiza bwayo.

Uretse guhaha bimwe mu byo abagore muri rusange bakunda nk’imyambaro, amavuta, imirimbo n’ibindi bumva bazasubirana yo nk’urwibutso, abo bashyitsi b’imena baraganira kandi bunge ubumwe n’Abanyarwandakazi batandukanye.

Ni uburyo bwo kuzakomeza gutsura umubano mu gihe kiri imbere.

Inama Women Deliver 2023 Conference izitabirwa n’abantu 6,000 baturutse hirya no hino ku isi.

Ubwo ariko hagati aho hari abandi 20,000 bazaba bayikurikiye mu rwego rw’ikoranabuhanga.

Niyo nama ngari ihuza abagore ku rwego rw’isi.

Abayitabiriye baganira uko imibereho y’umugore ihagaze haba mu buringanire, ubuzima bw’imyirorokere, uburenganzira bwa muntu no kureba uko ibihugu bikorana hagamijwe guteza imbere umwana w’umukobwa mu kinyejana cya 21.

Ni inama izaba ibaye ku nshuro ya gatandatu ku rwego rw’isi ariko ikaba iya mbere ku rwego rw’Afurika ikabera mu Rwanda.

Baturutse ku migabane itandukanye
Hari n’Abanyarwandakazi benshi bazayitabira
Abanyarwandakazi barakirana urugwiro bagenzi babo baje babasanga
Kigali irabaryoheye

Photos:Sam Ngendahimana@The New Times

TAGGED:AbagoreAfurikafeaturedInamaIterambereMpuzamahanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Netanyahu Yajyanywe Mu Bitaro
Next Article DRC Irashaka Kubaka Uruganda Runini Rutunganya Zahabu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kinshasa Irasaba AFC/M23 Gufungura Ikibuga Cy’Indege Cya Goma Byihuse

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

You Might Also Like

Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?