Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abakozi Ba RIB Bahawe Umwenda Ubaranga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Abakozi Ba RIB Bahawe Umwenda Ubaranga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 February 2022 1:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakozi b’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, bahawe umwenda uzajya ubaranga mu kazi.  Ku rundi ruhande ariko, hari abandi bazajya batayambara ariko bakereka uwo bagiye gukorana ikarita ibaranga.

Bikubiye mu butumwa ubuyobozi bwa RIB bwaraye butangaje muri video iri ku rubuga rw’uru rwego.

Ubwo butumwa bugira buti: “RIB iramenyesha abaturarwanda ko bagiye gutangira kubona abagenzacyaha bambaye impuzankano…Icyakora abazaba bari mu kazi batayambaye bazajya berekana ikarita y’akazi.”

RIB iramenyesha abaturarwanda ko bagiye gutangira kubona abagenzacyaha bambaye impuzankano nkuko zigaragara muri iyi video, icyakora abazaba bari mu kazi batayambaye bazajya berekana ikarita y'akazi. pic.twitter.com/equPlQ4L12

— Rwanda Investigation Bureau (@RIB_Rw) February 1, 2022

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Icyakora si ubwa mbere uru rwego rutangaje ko abakozi barwo bagiye kwambara impuzankano kuko no muri Gicurasi, 2021 ubu bu butumwa bwaratambutse.

Icyo gihe bwavugaga ko abakozi b’uru Rwego bazatangira kwambara uyu mwambaro taliki 05, Gicurasi, 2021 ariko si ko byagenze kandi nta bisobanuro byigeze bitangwa icyo gihe.

Muri Gicurasi, 2021 Kigali Today yanditse inkuru yavugaga ko abagenzacyaha bagiye guhabwa impuzankano ariko ntabyabaye

Rwanda Investigation Bureau (RIB)  ni Urwego rwashyizeho n’Itegeko  Nº12/2017 ryo ku wa 07/04/2017.

Rushinzwe gutahura, gukumira no kugenza ibyaha rufatanyije n’izindi nzego zibifitiye uburenganzira bugenwa n’Amategeko.

TAGGED:AbagenzacyahafeaturedImpuzankanoRIBUmwenda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Ndayishimiye Yakiriye Uhagarariye Israel Mu Burundi
Next Article Aubameyang ‘Yasezeye’ Muri Arsenal
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?