Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abana B’Abanyarwanda Bo Muri Amerika Babwiwe Ibyiza Byo Gukunda Iwabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abana B’Abanyarwanda Bo Muri Amerika Babwiwe Ibyiza Byo Gukunda Iwabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 January 2024 3:20 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasade y’u Rwanda muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yahuje abana b’Abanyarwanda baba muri Amerika ibabwira amateka y’u Rwanda, indangagaciro z’Abanyarwanda n’ibyiza byo kurukunda.

Ni abato n’abamaze kugimbuka.

Ibyo babwiwe bikubiye mu kiganiro bagejejweho na Arthur Assimwe umuyobozi mukuru wungirije muri Ambasade y’u Rwanda i Washington muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Kuri Paji yayo ya X, Ambasade y’u Rwanda muri Amerika ivuga ko abana bitabiriye ibi biganiro ari abahagarariye abandi baturutse muri Washington DC, Maryland na Virginia.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Basobanuriwe amateka y’u Rwanda, uko ubuyobozi bwarwo bukora kandi basabwa kuba intangarugero aho bari hose, bagahesha ishema igihugu cyabo.

Ibi biganiro babihawe habura igihe gito ngo muri kiriya gihugu habere Rwanda Day izaba ibaye iya mbere kuva icyorezo COVID-19 cyaduka mu isi mu mpera z’umwaka wa 2019.

Iyi Rwanda Day izaba hagati y’italiki 02 n’italiki ya 03, Gashyantare, 2024.

Harimo n’abana bato cyane
Abangavu n’ingimbi baje kumva icyo kuba Umunyarwanda ari cyo
TAGGED:AbanaAbanyarwandaAmerikaDayfeaturedu Rwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyagatare: Umuyobozi Mu Murenge Yafungiwe Ruswa Ya Frw 70,000
Next Article Abahinzi Barishimira Ko Umusaruro Wazamutse Kuri Hegitari Ifumbiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?