Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abana B’Abanyarwanda Bo Muri Amerika Babwiwe Ibyiza Byo Gukunda Iwabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Abana B’Abanyarwanda Bo Muri Amerika Babwiwe Ibyiza Byo Gukunda Iwabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 January 2024 3:20 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasade y’u Rwanda muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yahuje abana b’Abanyarwanda baba muri Amerika ibabwira amateka y’u Rwanda, indangagaciro z’Abanyarwanda n’ibyiza byo kurukunda.

Ni abato n’abamaze kugimbuka.

Ibyo babwiwe bikubiye mu kiganiro bagejejweho na Arthur Assimwe umuyobozi mukuru wungirije muri Ambasade y’u Rwanda i Washington muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Kuri Paji yayo ya X, Ambasade y’u Rwanda muri Amerika ivuga ko abana bitabiriye ibi biganiro ari abahagarariye abandi baturutse muri Washington DC, Maryland na Virginia.

Basobanuriwe amateka y’u Rwanda, uko ubuyobozi bwarwo bukora kandi basabwa kuba intangarugero aho bari hose, bagahesha ishema igihugu cyabo.

Ibi biganiro babihawe habura igihe gito ngo muri kiriya gihugu habere Rwanda Day izaba ibaye iya mbere kuva icyorezo COVID-19 cyaduka mu isi mu mpera z’umwaka wa 2019.

Iyi Rwanda Day izaba hagati y’italiki 02 n’italiki ya 03, Gashyantare, 2024.

Harimo n’abana bato cyane
Abangavu n’ingimbi baje kumva icyo kuba Umunyarwanda ari cyo
TAGGED:AbanaAbanyarwandaAmerikaDayfeaturedu Rwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyagatare: Umuyobozi Mu Murenge Yafungiwe Ruswa Ya Frw 70,000
Next Article Abahinzi Barishimira Ko Umusaruro Wazamutse Kuri Hegitari Ifumbiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?