Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abana Benshi Biciwe Mu Ishuri Ry’Incuke
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abana Benshi Biciwe Mu Ishuri Ry’Incuke

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 October 2022 2:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane Taliki 06, Ukwakira, 2022 umugizi wa nabi yagiye mu ishuri ry’incuke riri ahitwa Na Klang muri Thailand arasa atarobanura mu bana bari baje kwiga. Bivugwa ko  uwabikoze yahoze ari umupolisi.

Nawe ngo yahise ahunga nk’uko RFI yabyanditse.

Mu guhunga kwe yagongesheje abantu imodoka yatwariraga ku muvuduko wo hejuru ahunga ko abapolisi bamufata.

Umuyobozi wa Polisi muri kariya karere witwa Jakkapat Vijitraithaya avuga ko byabaye mu masaha ya mu gitondo abana bari gukina.

Mu bantu 30 bapfuye, abana ni 23 bafite hagati y’imyaka ibiri n’imyaka itatu.

Wa mupolisi twavuze haruguru  atangaza ko uwabikoze yageze iwe arasa umugore we n’umwana bari bafitanye arangije ariyahura.

Mu mwaka wa 2020 hari undi mugabo wahoze mu ngabo za Thailand nawe yarashe abantu benshi nyuma yo kurakazwa n’uwari umuyobozi we.

Yabarasiye mu gace k’ubucuruzi kitwa Nakhon Ratchasima yica abantu 29.

TAGGED:AbanaIncukePolisiThailandUmugizi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafunze Umukozi Wayo
Next Article Polisi Y’u Rwanda Irashaka Ubufatanye N’Iya Repubulika Ya Tchèque
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?