Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu 87 Bishwe N’Igitero Cy’Indege Za Israel
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Abantu 87 Bishwe N’Igitero Cy’Indege Za Israel

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 October 2024 2:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Indege z'intambara za Israel zimereye nabi abanzi bayo
SHARE

Itangazamakuru mpuzamahanga riravuga ko mu Majyaruguru wa Gaza hagabwe igitero cy’indege za Israel zihitana abantu 89. Cyagabwe mu gace kitwa Beit Lahia.

Israel yo ivuga ko ibivugwa n’ubuyobozi bwa Hamas ko bariya bantu ari bo bahitanywe na kiriya gitero ari ‘ibikabyo’.

Hagati aho no muri Lebanon ibitero by’indege za Israel byiyongereye kuko bimaze amasaha menshi bigabwa mu Majyepfo y’Umurwa mukuru, Beirut.

Igisirikare cya Israel cyasabye abatuye ibice bya Haret Hreik na Hadath kubivamo kuko ari byo bitahiwe kuraswaho.

Ni umuburo bahawe kuri iki Cyumweru taliki 20, Ukwakira, 2024.

Ibitero bya Israeal muri Gaza no muri Lebanon kuri iyi nshuro bije bikurikira igitero cya drones za Hezbollah kuri uyu wa Gatandatu byagabwe ku nzu ya Minisitiri w’intebe wa Israel witwa Benyamini Netanyahu iri ahitwa Caesarea mu Majyaruguru ya Israel.

Ku bw’amahirwe ye, Netanyahu ntiyari ahari ariko aho abimenyeye yavuze ko ababikoze bakoze ikosa rikomeye kandi bazicuza bidatinze.

TAGGED:AbaturageBeirutfeaturedIndegeIntambaraIsraelLebanonNetanyahu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Haribazwa Uwatangaje Inyandiko Z’Uko Israel Izatera Iran
Next Article Aho Marburg Yaje Mu Rwanda Ituruka Hamenyekanye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?