Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abantu Bane Bakekwagaho Kwica Perezida Wa Haïti Bishwe Barashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abantu Bane Bakekwagaho Kwica Perezida Wa Haïti Bishwe Barashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 July 2021 8:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi wa Polisi ya Haïti yatangaje ko abantu bane bafashwe bakekwaho uruhare mu rupfu rwa Perezida wa kiriya gihugu barashwe nyuma yo gushaka gucika.

Perezida Jovenel Moïse yishwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri n’abantu bivugwa ko bari bafatanyije  n’abandi bavugaga Ikisipanyolo.

Umuvugizi wa Polisi ya kiriya gihugu witwa Léon Charles yaraye abwiye abanyamakuru ko babiri mu bakekwaho buriya bwicanyi bafashwe rugikubita, abandi babiri bafatwa nyuma y’aho.

Polisi ivuga ko nyuma y’uko Umukuru wa kiriya gihugu yishwe hahise hatangira iperereza rigamije gufata ababigizemo uruhare.

Ambasaderi wa Haïti muri Amerika yabwiye itangazamakuru ko umupaka w’igihugu cye na Repubulika ya Dominikani ufunzwe.

Uyu mugabo witwa Edmond avuga ko amashusho yafashwe na cameras zihishe yerekana ko abantu bishe Perezida wa Haïti bagomba kuba bari mu  ishami ry’Ikigo cy’Amerika rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge ryitwa U.S. Drug Enforcement Agency.

Kugeza ubu Minisitiri w’Intebe  Claude Joseph niwe uri kuyobora igihugu.

Umugore wa Perezida wa Haïti witwa Martine Moïse wakoremekejwe n’amasasu bivugwa ko muri iki gihe ari koroherwa.

Perezida wa Haiti ari kumwe n’umugore we
TAGGED:AmerikafeaturedHaitiPerezidaUrupfu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abagore Babiri B’I Huye ‘Basindishije’ Umugabo Bamwiba Frw 300 000
Next Article Uwayoboraga Maï-Maï Yatawe Muri Yombi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?