Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyakigali Bongeye Kwitabira Car Free Day (Amafoto)
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho

Abanyakigali Bongeye Kwitabira Car Free Day (Amafoto)

admin
Last updated: 23 May 2021 10:07 am
admin
Share
SHARE

Siporo rusange imaze kumenyerwa nka Car Free Day yongeye kuba mu Mujyi wa Kigali nyuma y’amezi asaga atatu ihagaritswe, ikorwa hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19.

Iyi gahunda yaherukaga muri Mutarama 2021, mbere y’uko Umujyi wa Kigali usubizwa muri Guma mu Rugo yamaze ibyumweru bitatu hagamijwe guhagarika izamuka ry’ubwandu bwa COVid-19.

Mu bitabiriye iyi siporo kuri iki Cyumweru harimo Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pudence Rubingisa.

Muri iyi siporo abantu ntabwo bemerewe guhurira hamwe, umuntu ayikora ku giti cye ndetse aho bishoboka akambara agapfukamunwa.

Bigaragara ko abantu bayitabiriye cyane, nyuma y’igihe yari imaze itemewe.

Ni igikorwa cyatangijwe mu 2016, kigamije gufasha abatuye Umujyi wa Kigali n’abawugendamo gukora siporo, bityo bakirinda indwara zitandura zikunda kwibasira abantu.

Kinagira uruhare mu kugabanya ingaruka z’imyuka yangiza yoherezwa mu kirere n’ibinyabiziga.

Iyi siporo iba kabiri mu kwezi, hagati ya 7h00 kugeza 10h00.

Minisitiri Munyangaju na Meya w’Umujyi wa Kigali ni bamwe mu bitabiriye Car Free Day

TAGGED:Car Free DayfeaturedKigaliMunyangaju Aurore MimosaRubingisa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubyiruko Rwa FPR Mu Muganda Wo Kuremera Umupfakazi Wa Jenoside
Next Article Abanye-Congo 8000 Bahungiye Mu Rwanda Iruka Rya Nyiragongo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?