Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abanyakigali Bongeye Kwitabira Car Free Day (Amafoto)
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho

Abanyakigali Bongeye Kwitabira Car Free Day (Amafoto)

Last updated: 23 May 2021 10:07 am
Share
SHARE

Siporo rusange imaze kumenyerwa nka Car Free Day yongeye kuba mu Mujyi wa Kigali nyuma y’amezi asaga atatu ihagaritswe, ikorwa hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19.

Iyi gahunda yaherukaga muri Mutarama 2021, mbere y’uko Umujyi wa Kigali usubizwa muri Guma mu Rugo yamaze ibyumweru bitatu hagamijwe guhagarika izamuka ry’ubwandu bwa COVid-19.

Mu bitabiriye iyi siporo kuri iki Cyumweru harimo Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pudence Rubingisa.

Muri iyi siporo abantu ntabwo bemerewe guhurira hamwe, umuntu ayikora ku giti cye ndetse aho bishoboka akambara agapfukamunwa.

Bigaragara ko abantu bayitabiriye cyane, nyuma y’igihe yari imaze itemewe.

Ni igikorwa cyatangijwe mu 2016, kigamije gufasha abatuye Umujyi wa Kigali n’abawugendamo gukora siporo, bityo bakirinda indwara zitandura zikunda kwibasira abantu.

Kinagira uruhare mu kugabanya ingaruka z’imyuka yangiza yoherezwa mu kirere n’ibinyabiziga.

Iyi siporo iba kabiri mu kwezi, hagati ya 7h00 kugeza 10h00.

Minisitiri Munyangaju na Meya w’Umujyi wa Kigali ni bamwe mu bitabiriye Car Free Day

TAGGED:Car Free DayfeaturedKigaliMunyangaju Aurore MimosaRubingisa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubyiruko Rwa FPR Mu Muganda Wo Kuremera Umupfakazi Wa Jenoside
Next Article Abanye-Congo 8000 Bahungiye Mu Rwanda Iruka Rya Nyiragongo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?