Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abarusiya Bahaye Mali Indege Nyinshi Z’Intambara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abarusiya Bahaye Mali Indege Nyinshi Z’Intambara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 January 2023 3:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubutegetsi bw’i Bamako bwakiriye indege nyinshi z’intambara bwahawe n’u Burusiya.

Ziri mu bwoko bwa Sukhoï Su-25, indege zirwanira k’ubutaka n’izindi zitanga umusada mu kirere bita  Albatros L-39.

Ubwo izi ndege zageraga i Bamako zakiriwe n’abayobozi ba Mali n’Ambasaderi w’u Burusiya muri Mali witwa Igor Gromyko.

Izi ni zimwe mu ndege Moscow yahaye Bamako

Itsinda rya Mali ryari riyobowe na Perezida wayo witwa Col Assimi Goïta.

Izindi ndege zahawe Mali ni zo mu bwoko bwa Mi-8.

Kuva ibibazo hagati ya Mali n’u Bufaransa byatangira mu mwaka wa 2020 ndetse na mbere y’aho gato, Moscow yahise ibibonamo icyuho ihita itangira kwiyegereza Bamako.

Abaturage ba Mali baje kwamagana ingabo z’u Bufaransa, bazisaba ko zizinga utwazo zikabavira aho.

Zarahavuye zikomereza muri Niger no muri Tchad, aho zashinze ibirindiro ngo zikomeze gucungira hafi ibibera mu karere ka Sahel.

u Burusiya bwiyemeje gukorana na Mali mu bya gisirikare

U Bufaransa n’u Burusiya Byatangiye Guhangana Bipfa Mali

TAGGED:BufaransafeaturedIndegeIntambaraMaliNiger
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Icyicaro Cya Polisi Mu Mujyi Wa Kigali Cyimuwe
Next Article Minisitiri Biruta Yaganiriye N’Abahagarariye Ibihugu Byabo Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Hari Abayobozi Muri Guverinoma Bagiye Gusuzumisha Imyotsi Yo Mu Modoka Zabo

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Abanyamakuru Bashyiriweho Aho Batemerewe Mu Biro Bya Trump

Uruhare Rw’Abaturage Mu Bibakorerwa Nirwo Rwego Rwongereye Amanota Abaturage Baha Inzego

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

Trump Arashaka Gukura Ubushinwa Ku Ntebe Y’Isi Mu Kugura Amabuye Y’Agaciro ‘Adasanzwe’

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye

You Might Also Like

Mu mahanga

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?