Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abarusiya Bahaye Mali Indege Nyinshi Z’Intambara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Abarusiya Bahaye Mali Indege Nyinshi Z’Intambara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 January 2023 3:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubutegetsi bw’i Bamako bwakiriye indege nyinshi z’intambara bwahawe n’u Burusiya.

Ziri mu bwoko bwa Sukhoï Su-25, indege zirwanira k’ubutaka n’izindi zitanga umusada mu kirere bita  Albatros L-39.

Ubwo izi ndege zageraga i Bamako zakiriwe n’abayobozi ba Mali n’Ambasaderi w’u Burusiya muri Mali witwa Igor Gromyko.

Izi ni zimwe mu ndege Moscow yahaye Bamako

Itsinda rya Mali ryari riyobowe na Perezida wayo witwa Col Assimi Goïta.

Izindi ndege zahawe Mali ni zo mu bwoko bwa Mi-8.

Kuva ibibazo hagati ya Mali n’u Bufaransa byatangira mu mwaka wa 2020 ndetse na mbere y’aho gato, Moscow yahise ibibonamo icyuho ihita itangira kwiyegereza Bamako.

Abaturage ba Mali baje kwamagana ingabo z’u Bufaransa, bazisaba ko zizinga utwazo zikabavira aho.

Zarahavuye zikomereza muri Niger no muri Tchad, aho zashinze ibirindiro ngo zikomeze gucungira hafi ibibera mu karere ka Sahel.

u Burusiya bwiyemeje gukorana na Mali mu bya gisirikare

U Bufaransa n’u Burusiya Byatangiye Guhangana Bipfa Mali

TAGGED:BufaransafeaturedIndegeIntambaraMaliNiger
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Icyicaro Cya Polisi Mu Mujyi Wa Kigali Cyimuwe
Next Article Minisitiri Biruta Yaganiriye N’Abahagarariye Ibihugu Byabo Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

General Kabandana Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?