Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Abatalibani Barekuye Imfungwa Zose Ziri Muri Gereza Bafashe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Iterabwoba

Abatalibani Barekuye Imfungwa Zose Ziri Muri Gereza Bafashe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 August 2021 12:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 07, Kanama, 2021 nyuma yo kwigarurira agace ka Jawzjan karimo umujyi w’ahitwa Sheberghan , Abatalibani barekuye imfungwa zari zifungiye muri iyo gereza.

Hari video yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga yerekana izo mfungwa zisohoka muri gereza ziruka.

Kubohora ziriya mfungwa ni ikintu gikomeye kandi cyarushijeho guca intege ingabo za Leta

Sheberghan niho Bwana Abdul Rashid Dostum wahoze ari Visi Perezida wa Afghanistan.

Abahatuye bari bamaze iminsi basabwa guhaguruka bakarwanya Abatalibani batizigamye.

Hari amakuru atangazwa na BBC avuga ko kugeza ubu hari abaturage 150 bihuje n’ingabo za Afghanistan ngo bazifashe guhangana na bariya barwanyi.

Akandi gace Abatalibani baherutse kwigarurira ni akitwa Zaranj mu Ntara ya  Nimroz.

Ubu urugamba rwo kwigarurira izindi Ntara zirimo Herat, Kandahar na Lashkar Gah rurarimbanyije.

Abatalibani  baherutse kurasa kandi bica uwahoze ari Umuvugizi wa Perezida wa Afghanistan Ashraf Ghani, bamwiciye mu Murwa mukuru Kabul.

Imfungwa zikunze kurekurwa n’abarwanyi bafashe agace zifungiwemo

Muri icyo gihe kandi bateze igisasu kuri Minisiteri y’ingabo ya Afghanistan bashaka kwica Minisitiri ariko Imana ikinga akaboko.

Kuki Inyeshyamba Zikunze Kurekura Imfungwa z’aho zafashe?

Ni ibintu bikunzwe gukorwa n’abarwanyi ahantu aho ari ho hose abarwanyi bageze.

Zimwe mu mpamvu zibitera ni ukugira ngo bazamure icyizere muri abo bafungwa ndetse n’abo mu miryango yabo.

Iyo inyeshyamba zifunguye abafungwa bizifasha no kubona abarwanyi bazifasha cyane cyane iyo hari mo bamwe bumva ko bafunzwe barengana.

Mu mfungwa kandi haba harimo abasanzwe bazi neza uko agace runaka gateye, k’uburyo baba bashobora gufasha inyeshyamba kugira amakuru y’inyongera yazifasha mu guhashya ingabo za Leta.

TAGGED:AbatalibaniAfghanistanfeaturedImfungwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RDF Nihura N’Intambara Ya Gicengezi Muri Mozambique Izabyitwaramo Ite?
Next Article Inka Perezida Kagame Yoroje Umusaza Warwanye Intambara Y’Isi Irakamwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abaturage 354 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?