Abavuye Hanze Binjira Mu Rwanda Bazajya Bishyura Frw 30000 Yo Kwipimisha COVID

Abavuye Hanze Binjira Mu Rwanda Bazajya Bishyura Frw 30000 Yo Kwipimisha COVID

Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yatangaje ko abantu bazava hanze baje mu Rwanda bazajya bapimwa COVID -19 bishyure Frw 30000.
Iki gipimo cyari gisanzwe kishyuzwa Frw 47000 birengaho macye.

Bakita PCR test.

Iki cyemezo cyatangajwe nyuma y’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri iherutse guterana yemeza ko Abanyarwanda bagomba kuba bari mu ngo za sa yine z’ijoro.

- Advertisement -
Ni icyemezo gishya

Ikindi ni uko utubari n’insengero, restaurant, bizajya byinjira ari uko berekeanye ko bikingije kabiri kiriya cyorezo.

Izi ngamba zose bifashwe mu gihe u Rwanda n’isi muri rusange byugarijwe n’ubwandu bushya kandi bwandura vuba bwitwa Omicron.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version