Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amaboko Yabohoye U Rwanda Yongereye Ingufu- Mushikiwabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Amaboko Yabohoye U Rwanda Yongereye Ingufu- Mushikiwabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 July 2021 1:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa Louise Mushikiwabo yageneye ubutumwa Abanyarwanda abifuriza kugira umunsi mwiza wo kwibohora, abibutsa ko batagomba gutezuka ku iterambere biyemeje.

Ubutumwa yacishije kuri Twitter bwibukije abantu ko Inkotanyi z’ubu zirusha imbaraga izo baheruka kandi ko Abanyarwanda biyemeje kudatezuka ku iterambere ryabo.

Ati: “ Muri iki gihe twizihiza umunsi wo kwibohora kw’Abanyarwanda, mureke dusubize amaso inyuma turebe aho twavuye biduhe uburyo bwo guhanga amaso aho tujya. Amaboko yabohoye u Rwanda yongereye ingufu.”

Ubutumwa bwe burangira bwifuriza ababohoye u Rwanda kuzagira ishya n’ihirwe, abasabira imigisha y’Imana n’iy’abakurambere b’u Rwanda.

Mushikiwabo kandi yishimiye ko umunsi wo kwibohora w’u Rwanda n’ubwigenge bwarwo wahuriranye n’umunsi Abanyamerika baboneye mo ubwigenge bigobotoye Abongereza.

Yaranditse ati: “ Ni umunsi uvuze byinshi kuri njye kuko mu Rwanda niho navukiye, muri Amerika harokora ubuzima bwanjye muri Jenoside yakorewe Abatutsi.”

Mushikiwabo wigeze kuba Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, muri iki gihe ni Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa, Organisation Internationale de la Francophonie, OIF.

TAGGED:featuredJenosideKwibohora. featuredMushikiwaboRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabo Z’Afghanistan Zirashaka Kwirukana Abatalibani Bazibereye Ibamba!
Next Article Papa Francis Yabazwe Mu Mara
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?