Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Ibikorwa Bya Polisi Na RDF Hirya No Hino Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Amafoto: Ibikorwa Bya Polisi Na RDF Hirya No Hino Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 March 2024 4:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abapolisi n’abasirikare, baba abakuru n’abato mu mapeti, bahuriye hirya no hino mu Rwanda bifatanya n’abaturage gusiza ibibanza by’ahazubakwa ibikorwaremezo bifitiye benshi akamaro.

Ibyo birimo amarerero, ibiraro, amateme n’ibindi bizafasha abaturage muri rusange kugira ubuzima bwiza.

Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga yabitangirije mu Murenge wa Jarama mu Karere ka Ngoma n’aho umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda IGP Felix Namuhoranye abikorera mu Karere ka Burera.

Yaba Polisi yaba na RDF bose bavuga ko intego yabo ari ugutuma Abanyarwanda babaho batekanye kandi bafite amagara mazima.

Amafoto akurikira arerekaba abayobozi b’izi nzego ahantu hitandukanye mu Rwanda.

Yakuwe kuri X.

Gen Gatama na CP Kabera muri Gisagara
Minisitiri w’ingabo Marizamunda afatanya n’abaturage kubaka ikiraro
Abasirikare bari gusiza aho ahazubakwa irerero
CP Kabera n’abasirikare ndetse na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Claude Musabyimana mu Karere ka Gisagara
Abapolisi n’abasirikare ndetse n’abaturage mu gusiza ahazubakwa kimwe mu bikorwaremezo bibagenewe
Bari gusanira abaturage inzu mu kubarinda ko yabagwaho muri iki gihe cy’imvura
Uyu mubyeyi nawe yaje gushyira umusanzu we kuri iyi fondation
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Dr. Valentine Uwamariya nawe yaje kwifatanya n’ingabo na Polisi
Ibi bikorwa bizamara amezi atatu.
TAGGED:AbapolisifeaturedIngaboIteramberePolisiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Irasaba Abagenzi Kwitaza Motari Mbere Yo Kumwishyura
Next Article Umuturage Wa DRC Afungiwe Mu Rwanda Akurikiranyweho Gucuruza Amahembe Y’Inzovu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?