Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Igipfunsi Mu Bafana Ba Chelsea na Manchester City…
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Amafoto: Igipfunsi Mu Bafana Ba Chelsea na Manchester City…

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 May 2021 7:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abafana ba Chelsea na Manchester City baraye bateranye ibipfunsi, imiteri, imitwe, intebe, ameza, amagare n’ibindi… Ni mu bushyamirane bwabahurije imbere ya Polisi igerageza kubakiza biranga.

Ubu bushyamirane bubaye mbere gato y’umukino wa nyuma( final)uri buhuze aya makipe ari guhatanira igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwabo( Champions League), uri bubere kuri stade yitwa Estadio de Dragao muri Portugal.

Mbere y’uko iriya mirwano iba, abafana ba buri kipe hari bamaze hafi amasaha 24 banywa agasembuye kandi banywera mu tubari twegeranye.

Umukino wa nyuma wa UEFA Champions League urabera kuri Stade ya Dragao iri ahitwa Porto, muri Portugal iwabo w’Ikipe FC Porto.

Abafana 16.500 nibo bemerewe kujya muri iriya stade, abandi bakaza kuwukurikiranira mu ngo zabo kuko mu tubari ho bari bube bafunze bitarenze saa yine z’ijoro.

Ikindi kandi ni uko n’uhagarariye Ishyirahamwe ry’abanyatubari muri Portugal, Bwana Antonio Fonseca, ryitwa Association of Bar Keepers of Historic Porto, nawe yavuze ko bafite impungenge z’uko hari bube imirwano hagati y’abafana nibaramuka barebeye umupira mu tubari.

Ntawamenya icyasembuye uburakari hagati y’aba Bongereza bafana amakipe agiye guhurira ku mukino wa nyuma, ariko amafoto arerekana ko bateranye igipfunsi kiremereye.

U Bwongereza nicyo gihugu cya mbere ku isi kigira abafana bakunda umupira w’amaguru kurusha ahandi ku isi.

Ni cyo gihugu kandi kigira shampiyona ikurikirwa n’abantu benshi ku isi.

Abakinnyi bakomeye ku isi akenshi baba bafite inzozi zo kuzakina muri imwe mu makipe yo mu Bwongereza.

Bamaze guhaga agacupa baterana igipfunsi
Abana bati: ‘ Iby’abantu bakuru ntitwabimenya, reka twigendere’
Batanye ku wa kajwiga
Abafana ba Chelsea
Uguhiga ubutwari muratabarana

TAGGED:ChelseafeaturedInzogaManchesterPolisiPortugalStade
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mushikiwabo I Nyamirambo Yasuye Ikigega Gitera Inkunga Abagore
Next Article Umugaba w’Ingabo Za Misiri Yasuye U Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burera: Abagabo 12 Barakekwaho Gushimuta Inka Mu Minsi Mikuru  

Amafoto: Abaturage Ba Ngoma Bishwe N’Inkuba Bashyinguwe

Uko Umusaruro W’Ibihingwa Wagenze Mu Gihembwe Cya Nyuma Cya 2025

Centrafrique: Touadéra Yongeye Gutsinda Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Urutonde Rw’Ibyo Trump Asaba Umuyobozi Mushya Wa Venezuela

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

You Might Also Like

Ubukungu

Gusura Ingagi Umunyarwanda Azishyura $200, Mu Zindi Pariki Byifashe Bite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kagame Yashimiye Doumbouya Watorewe Kuyobora Guinée

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irototera Kuzakorera Iran Nk’Ibyo Yakoreye Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ifatwa Rya Maduro Ryatumye Igiciro Cya Zahahu N’ifeza Kizamuka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?