Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Perezida Wa Zambia Yatembereje Kagame Mu Busitani Bw’Ibiro Bye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Amafoto: Perezida Wa Zambia Yatembereje Kagame Mu Busitani Bw’Ibiro Bye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 April 2022 1:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo kugirana ibiganiro na mugenzi we uyobora u Rwanda, Perezida Kagame wa Zambia Hakainde Hichilema yamutembereje mu busitani bw’Ibiro bye.

Ni ubusitani bugari burimo ibiti n’inyamaswa nk’imparage, twiga n’izindi nyamaswa. Ni ubusitani kandi burimo n’inyoni z’amoko atandukanye.

Perezida Kagame yageze muri Zambia mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbera akaba ari mu ruzinduko azamaramo iminsi ibiri.

Kuri gahunda ye, Perezida Kagame azasura  umujyi w’ubukerarugendo ukunzwe muri kiriya gihugu witwa Livingstone.

Ni umujyi uri mu Majyepfo ya Zambia hari isumo rya Victoria( Victoria Falls) ryamamaye cyane ku isi.

Baganiriye mu busitani hafi y’ibyiza nyaburanga bya Zambia
Hakainde Hichilema aganira n’Umushyitsi we Paul Kagame
Ababyinnyi bo muri Zambia babanje kwakira Perezida Kagame ku kibuga cy’indege cya Lusaka
TAGGED:featuredHakaindeKagameRwandaUbucyerarugendoUmujyiZambia
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urukiko rw’Ubujurire RWEMEJE Ko Rusesabagina, Sankara… BAKOZE Iterabwoba
Next Article Minisitiri W’Intebe Avuga Ko Mu 2020 Umusaruro W’Ubuhinzi Bwazamutseho 6%
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Aline Gahongayire Arashaka Kwamamaza Umuziki We Muri Uganda

Urubyiruko Rw’Abanyarwanda Bo Muri Afurika Y’Epfo Ruri Mu Rwanda Kureba Ibiruranga

Papa Arasaba Ko Umugambi W’Amahoro Wo Guhuza Hamas Na Israel Ugerwaho

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Somalia: Al Shabaab Yagabye Igitero Aho Abarwanyi Bayo Bafungiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kigali: U Rwanda Ruraganira Na Afurika Uko Politiki Ya ICT Yahuzwa

Umuhanga Wabwiye Isi Imibereho Y’Impundu Jane Goodall Yapfuye

Perezida Kagame Yashimiye Abanyarwanda Bafannye Igare

Burkina Faso Irapfa Iki Na Côte d’Ivoire ?

Uko Umusaruro Mbumbe W’u Rwanda Uhagaze Mu Gihembwe Cya Kabiri Cya 2025

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu RwandaPolitiki

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaImibereho Y'Abaturage

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?