Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Uko Byari Byifashe Ahabereye Umuganda Ku Rwego Rw’Umujyi Wa Kigali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Amafoto: Uko Byari Byifashe Ahabereye Umuganda Ku Rwego Rw’Umujyi Wa Kigali

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 June 2022 12:29 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Turere dutatu tugize Umujyi wa Kigali kuri uyu wa Gatandatu taliki 04, Kamena, 2022 abaturage baramukiye mu muganda.

Ni umuganda wasimbuye uwari bukorwe taliki 28, Gicurasi, 2022 ariko urasubikwa.

Kuri iyo taliki nibwo habaye umukino wa nyuma wa Shampiyona y’Afurika ya Basketball.

Uyu mukino wa nyuma kimwe n’indi yakinwe mbere yawo, yabereye muri BK Arena.

Iyi yahoze yitwa Kigali Arena mbere y’uko Banki ya Kigali igura izina ‘Kigali’ ryahoze kuri Kigali Arena, ikarigura Miliyari Frw 6 mu gihe cy’imyaka itandatu.

Ku byerekeye umuganda wakozwe kuri uyu wa Gatandatu, abaturage basibuye imiferege hafi y’aho batuye, batunganya ubusitani babukuramo amashashi cyangwa ibindi bikoresho bibangamiye ibidukikije.

Mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Nyamirambo, Akagari ka Rugarama, Umudugudu wa Kiberinka abaturage bafatanyije mu gusana inzu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye.

Ni igikorwa kitabiriwe n’ingabo z’u Rwanda ndetse na Polisi baje kubatera ingabo mu bitugu.

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe imiturire Mérard Mpabwanamaguru niwe wari umushyitsi mukuru muri uyu muganda.

Hari gahunda y’uko bazasaba  inzu  24 zituwemo n’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 zubatswe mu guhera mu mwaka wa 1998, inkuta zazo zikaba zarasenyutse kubera igihe zimaze.

Ni umudugudu watangijwe  wubakirwa imfubyi za Jenoside zibanaga

Abakozi bo muri Ambasade ya Maroc mu Rwanda ndetse na Ambasaderi wayo nabo bawitabiriye.

Merald Mpabwanamaguru mu muganda wabereye i Nyamirambo
Umuganda ni igikorwa cy’Abanyarwanda bose
Buri wese akoresha imbaraga afite mu kubaka u Rwanda
Basannye umudugudu w’ababyeyi barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
Ingabo z’u Rwanda zaje gutenga umusanzu mu gusana ziriya nzu

Amafoto: RBA

TAGGED:featuredKigaliMarocNyarugengeRwandaUmuganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibigo Bitwara Abagenzi Bishinja Leta Y’u Rwanda Kubihombya
Next Article Umuhanzikazi Shakira Yatandukanye Na Piqué Ukinira FC Barcelone
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Shampiyona Y’Abagore Y’u Rwanda Izajya Ica Kuri Rubuga Rwa FIFA

Abana Bato Bafite Ba Nyina Bacukura Amabuye Y’Agaciro Babaho Bate?

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Kagame Yaganiriye N’Uyobora Banki Nyafurika Y’Iterambere Bibanda Ku Mikoranire

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Umwami Wa Maroc Yandikiwe Ikiruhuko Kubera Uburwayi 

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?