Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Umuhanzi RUGER Agiye Gutanga Ikiganiro Ku Gitaramo Cye Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Amafoto: Umuhanzi RUGER Agiye Gutanga Ikiganiro Ku Gitaramo Cye Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 February 2022 10:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi uri mu bakomeye muri Nigeria witwa RUGER uherutse gukora indirimbo igaca ibintu yise Dior ari mu Rwanda akaba mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 17, Gashyantare, 2022 agiye guha abanyamakuru ikiganiro.

Ni ikiganiro kiri bubere muri imwe muri Hotel z’i Kigali, iherereye mu Karere ka Nyarugenge.

Umunyamakuru wa Taarifa uri aho kigiye kubera avuga ko  nta bantu benshi bari bagera mu cyumba kiri buberemo, ariko imyiteguro hafi ya yose yamaze gukorwa.

Ku wa Gatandatu tariki 19, Gashyantare, 2022 nibwo uyu muhanzi wo muri Nigeria azataramira abakunzi b’umuziki we, iki giteramo kikazabera muri Canal Olympia iri ku Irebero.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Nguwo RUGER

Mu gitaramo cye kandi hazaba hari n’umugabo uvanga umuziki witwa DJ SL uri mu bakora aka kazi neza kurusha abandi muri Nigeria.

Ubutumire Taarifa yahawe bwo kwitabira ikiganiro cy’uriya muhanzi n’abanyamakuru bwavugaga ko kiri butangire saa yine za mu gitondo zuzuye, ariko iyi nkuru yatambutse saa nyine n’igice zarenzeho iminota hafi 40.

Turabakurikiranira ibyo ibi byamamare bivuga ko byazaniye Abanyarwanda…

Baracyatunganya aho biriya byamamare biri bugitangire
Abanyamakuru baracyari mbarwa
TAGGED:Canal +HotelNigeriaNyarugengeUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umushinga wa Miliyari 21 Frw Wahinduye Ubuhinzi i Rwamagana
Next Article U Bufaransa Bugiye Kuvana Ingabo Muri Mali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Urukiko Rukuru Rw’Ubucuruzi Rwanzuye Intsinzi Y’Umuhanzi Gabiro Guitar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hoziyana Yashyize Indirimbo ‘Tugumane’ Mu Giswayili

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yagarutse Mu Muziki Nyuma Y’Imyaka 15

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Igitaramo Cya The Ben Kizagongana N’Icya Pallaso Uzwi Cyane i Kampala

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?