Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amafoto: Umutoza Wa APR FC Yasezeweho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Amafoto: Umutoza Wa APR FC Yasezeweho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 April 2024 1:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abafana ba APR FC n’abakunda umuziki muri rusange basezeye ku Umunya-Tunisia Dr Adel Zrane wari umutoza wongerera imbaraga abakinnyi uherutse gutabaruka.

Icyateye urupfu rwe ntikiramenyekana kuko Urwego rw’ubugenzacyaha, RIB, rukibikoraho iperereza.

Nyuma yo gusezerwaho, umurambo we uzajyanwa gushyingurwa muri Tunisia

Kumusazeraho byabereye ku cyicaro cya APR FC ku Kimihurura.

Abakozi ba APR FC baje gusezera ku mutoza
Yari asanzwe ari umutoza wongerera abakinnyi imbaraga

Mu bitabiriye uyu muhango harimo umugore we Maha Baer.

Yavuze ko mu buzima bwe yamuhaye byose avuga ko asobanuye byose kuri we kandi ko azahora amwibuka kugeza ku mwuka we wa nyuma.

Mu bayobozi b’amakipe bitabiriye uyu muhango harimo Umunyamabanga Mukuru wa Rayon Sports Namenye Patrick, Bayingana Innocent ushinzwe ibikorwa bya AS Kigali, Umuyobozi Nshingwabikorwa wa Mukura VS witwa Musoni Protais n’umutoza wayo Afahania Lotfi ukomoka mu gihugu kimwe na nyakwigendera n’abandi batandukanye.

Abayobozi muri APR FC baje gusezera ku mutoza wa APR uherutse gupfa amarabira
Kubura mugenzi wabo byabashenguye
Umugore wa nyakwigendera
Yasezereweho ku biro bya APR FC biri ku Kimihurura

Amafoto@Kigali Today

TAGGED:APRRwandaTunisiaUmutoza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingengabihe Y’Uko Abanyeshuri Bazasubira Ku Masomo Yatangajwe
Next Article Perezida wa Mauritania Yageze i Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

You Might Also Like

Imikino

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

DJ Toxxyk Hari Ibyo Yemeye Mu Rukiko Ibindi Arabihakana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Umutoza W’Amavubi Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?