Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Amajyaruguru Abonekamo Ibinyobwa Byinshi Bitujuje Ubuziranenge, Itabi Mu Burasirazuba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Amajyaruguru Abonekamo Ibinyobwa Byinshi Bitujuje Ubuziranenge, Itabi Mu Burasirazuba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 March 2021 12:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yagiraga icyo avuga ko gikorwa cyo gushaka no gufata ibiribwa n’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yavuze ko biriya bicuruzwa bisanze hirya no hino. Ibinyobwa byiganje muri Gasabo, Gakenke, Musanze n’aho i Rulindo higanje ubuki butujuje ubuziranenge.

Ahandi hagaragaye ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge birimo n’itabi ni mu Burasirazuba ahagaragaye itabi ritujuje ubuziranenge.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda avuga ko aho byagaragara hose, ibicuruzwa nka biriya bizafatwa ku bufatanye bwa Polisi n’izindi nzego zose bireba.

CP John Bosco Kabera yagize ati: “ Kimwe mu bintu bikomeye mvuga ni uko Polisi izakomeza gukorana n’inzego zose kugira ngo dufate biriya bicuruzwa hamwe n’ababicuruza kandi biri mu nshingano za Polisi.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yavuze ko ibyiza ari uko abantu bazibukira gucuruza ibintu bitujuje ubuziranenge kandi bakumva ko igishoro baba bashyizemo  mu kubikora iyo bifashwe gihinduka impfabusa.

Nta gihe kinini gishize Polisi yerekanye umugore witwa Louise wo mu Karere ka Musanze Umurenge wa Muhoza wari wafatanywe magendu.

Louise yemeye ko ariya magendu y’amavuto ya Movit yari amaze amezi atandatu ayikora kandi ngo yayakuraga mu Karere ka Rubavu.

CP Kabera mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 31, Werurwe, 2021
Ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge bigaragara henshi mu Rwanda
TAGGED:AmajyarugurufeaturedIbicuruzwaItabiKaberaPolisiUmuvugiziUturere
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibicuruzwa Byafatiwe Hirya No Hino Bitujuje Ubuziranenge Bifite Agaciro ka Miliyoni 42.700 Frw-RIB
Next Article RDB na Arsenal Mu Biganiro Byo Gusubukura Visit Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?