Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ange Kagame Yagizwe Umuyobozi Muri Perezidansi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ange Kagame Yagizwe Umuyobozi Muri Perezidansi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 August 2023 3:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu myanzuro iri mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yaraye iyobowe na Perezida Paul Kagame ni uko Ange Kagame( umukobwa wa Perezida Kagame) yagizwe Umuyobozi nshingwabikorwa wungirije muri Perezidansi y’u Rwanda.

Ashinzwe igenamigambi na Politiki mu nama ngishwanama.

Bamwita Deputy Executive  Director, Strategy&Policy Council.

Undi wahawe inshingano ni CG Dan Munyuza wahoze ari Komiseri mukuru wa Polisi y’u Rwanda wagizwe Ambasaderi warwo mu Misiri.

CG Dan Munyuza

Munyuza yari aherutse gusimburwa ku buyobozi bwa Polisi  na CG Felix Namuhoranye wahoze umwungirije.

Inama y’Abaminisitiri kandi yagize Bwana François Ngarambe kuba Umuyobozi w’Urwego rushinzwe intwari z’igihugu, CHENO.

Francois Ngarambe

Soma ibindi bikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa Kabiri taliki 01, Kanama, 2023

Statement on Cabinet Resolutions of 01st August 2023 pic.twitter.com/C37oyhuXAn

— Office of the PM | Rwanda (@PrimatureRwanda) August 1, 2023

TAGGED:AmbasaderifeaturedKagameMunyuzaNgarambePerezidansiUmuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mali Na Burkina Faso Bahaye Gasopo Abazohereza Ingabo Muri Niger
Next Article Rubavu: MINALOC Yasabye Komisiyo Gusubika Amatora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burera: Abagabo 12 Barakekwaho Gushimuta Inka Mu Minsi Mikuru  

Amafoto: Abaturage Ba Ngoma Bishwe N’Inkuba Bashyinguwe

Uko Umusaruro W’Ibihingwa Wagenze Mu Gihembwe Cya Nyuma Cya 2025

Centrafrique: Touadéra Yongeye Gutsinda Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Urutonde Rw’Ibyo Trump Asaba Umuyobozi Mushya Wa Venezuela

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

You Might Also Like

Ubukungu

Gusura Ingagi Umunyarwanda Azishyura $200, Mu Zindi Pariki Byifashe Bite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kagame Yashimiye Doumbouya Watorewe Kuyobora Guinée

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irototera Kuzakorera Iran Nk’Ibyo Yakoreye Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ifatwa Rya Maduro Ryatumye Igiciro Cya Zahahu N’ifeza Kizamuka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?