Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ange Kagame Yagizwe Umuyobozi Muri Perezidansi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ange Kagame Yagizwe Umuyobozi Muri Perezidansi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 August 2023 3:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu myanzuro iri mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yaraye iyobowe na Perezida Paul Kagame ni uko Ange Kagame( umukobwa wa Perezida Kagame) yagizwe Umuyobozi nshingwabikorwa wungirije muri Perezidansi y’u Rwanda.

Ashinzwe igenamigambi na Politiki mu nama ngishwanama.

Bamwita Deputy Executive  Director, Strategy&Policy Council.

Undi wahawe inshingano ni CG Dan Munyuza wahoze ari Komiseri mukuru wa Polisi y’u Rwanda wagizwe Ambasaderi warwo mu Misiri.

CG Dan Munyuza

Munyuza yari aherutse gusimburwa ku buyobozi bwa Polisi  na CG Felix Namuhoranye wahoze umwungirije.

Inama y’Abaminisitiri kandi yagize Bwana François Ngarambe kuba Umuyobozi w’Urwego rushinzwe intwari z’igihugu, CHENO.

Francois Ngarambe

Soma ibindi bikubiye mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa Kabiri taliki 01, Kanama, 2023

Statement on Cabinet Resolutions of 01st August 2023 pic.twitter.com/C37oyhuXAn

— Office of the PM | Rwanda (@PrimatureRwanda) August 1, 2023

TAGGED:AmbasaderifeaturedKagameMunyuzaNgarambePerezidansiUmuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mali Na Burkina Faso Bahaye Gasopo Abazohereza Ingabo Muri Niger
Next Article Rubavu: MINALOC Yasabye Komisiyo Gusubika Amatora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?