Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yabaye umwe mu bakingiwe COVID-19, ubwo yatangizaga igikorwa cyo gukingira iki cyorezo mu byiciro by’abafite ibyago byinshi byo kwandura cyangwa kuzahazwa...
Urukiko Rukuru rwasabye Gereza ya Mageragere guhagarika gufatira inyandiko Paul Rusesabagina ahererekanya n’abunganizi be, ndetse rwemeza ko ahabwa mudasobwa yamufasha kwiga dosiye ye kubera ubunini bwayo....
Minisiteri y’Ubuzima yatangiye igikorwa cyo gukingira icyorezo cya COVID-19, haherewe ku matsinda afite ibyago byinshi byo kwandura icyo cyorezo cyangwa kuzahazwa nacyo. Iyi minisiteri yatangaje ko...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dr Vincent Biruta yakiriye ku kibuga cy’indege inkingo 50.000 za COVID-19 u Rwanda rwahawe n’u Buhinde, ziyongera ku zikabakaba 347.000 za AstraZeneca/Oxford na...
Urwego Ngenzuramikorere , RURA, rwatangaje ko ibiciro bya lisansi na mazutu mu Rwanda byazamutseho 10%, impinduka mu biciro ahanini ryatewe n’imiterere y’isoko mpuzamahanga ry’ibikomoka kuri peteroli....