Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bafashwe Biba Imiti Kwa Muganga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bafashwe Biba Imiti Kwa Muganga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 February 2023 12:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abantu bane bafatiwe mu cyuho biba imiti mu bitaro by’ahitwa Murang’a, aho hakaba ari muri Kenya. Polisi yasanze bari bamaze gupakira imiti ifite agaciro Miliyoni  Sh1.5.

Yasanze bari bamaze gushyira mu modoka amakarito 12 bayajyanye kuyagurisha ku wundi mucuruzi ufite ivuriro rye.

Umuyobozi wa Polisi mu gace bafatiwemo witwa Ali Nuno yavuze ko abafashwe bazashyikirizwa ubutabera mu gihe kitarambiranye.

Avuga ko hari amakuru bari bamaze iminsi bakira avuga ko hari imiti yibwa kuri ibyo bitaro.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubuyobozi bwa Polisi  mu gace byakorewemo bwashimye ukuntu amakuru yatanzwe kugeza ubwo abo bantu bafatwa.

Umuyobozi w’ibitaro byabereyemo witwa Dr Kang’ata  avuga ko kuba abakoze bariya baragashwe byagizwemo uruhare n’ikoranabuhanga.

Ku rundi ruhande, hari abakozi ba biriya bitaro bavugwaho kugira uruhare muri buriya bujura.

The Nation yanditse ko umwe mu bakora muri kiriya kigo yiruhukije ubwo yumvaga ko hari abantu bafatiwe muri buriya bujura.

TAGGED:AbajurafeaturedIbitaroImitiKenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri W’Umutekano Yashimiye Uwari Umuyobozi Wa Polisi
Next Article Muzaharanire Ishema Ry’u Rwanda-Minisitiri Gasana Abwira Abapolisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?