Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bafashwe Biba Imiti Kwa Muganga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bafashwe Biba Imiti Kwa Muganga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 February 2023 12:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abantu bane bafatiwe mu cyuho biba imiti mu bitaro by’ahitwa Murang’a, aho hakaba ari muri Kenya. Polisi yasanze bari bamaze gupakira imiti ifite agaciro Miliyoni  Sh1.5.

Yasanze bari bamaze gushyira mu modoka amakarito 12 bayajyanye kuyagurisha ku wundi mucuruzi ufite ivuriro rye.

Umuyobozi wa Polisi mu gace bafatiwemo witwa Ali Nuno yavuze ko abafashwe bazashyikirizwa ubutabera mu gihe kitarambiranye.

Avuga ko hari amakuru bari bamaze iminsi bakira avuga ko hari imiti yibwa kuri ibyo bitaro.

Ubuyobozi bwa Polisi  mu gace byakorewemo bwashimye ukuntu amakuru yatanzwe kugeza ubwo abo bantu bafatwa.

Umuyobozi w’ibitaro byabereyemo witwa Dr Kang’ata  avuga ko kuba abakoze bariya baragashwe byagizwemo uruhare n’ikoranabuhanga.

Ku rundi ruhande, hari abakozi ba biriya bitaro bavugwaho kugira uruhare muri buriya bujura.

The Nation yanditse ko umwe mu bakora muri kiriya kigo yiruhukije ubwo yumvaga ko hari abantu bafatiwe muri buriya bujura.

TAGGED:AbajurafeaturedIbitaroImitiKenya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri W’Umutekano Yashimiye Uwari Umuyobozi Wa Polisi
Next Article Muzaharanire Ishema Ry’u Rwanda-Minisitiri Gasana Abwira Abapolisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?