Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bakurikiranyweho Kwiba Uruhinja
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bakurikiranyweho Kwiba Uruhinja

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 February 2023 8:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi ya Kenya yataye muri yombi abantu batanu ikurikiranyeho kwiba uruhinja. Nyina w’urwo ruhinja avuga ko azi neza ko yabyaye impanga ariko atungurwa no kubona abaganga bamuha umwana umwe. Abenshi mu bafunzwe ni abaganga.

Iby’ubu bujura budasanzwe bivugwa mu bitaro bya Bungoma muri Kenya.

Ishami rya Polisi rishinzwe ubugenzacyaha rivuga iperereza kuri iki cyaha ryatangiye mu Ukuboza, 2023.

Muri abo bantu batanu, bane ni abagore, undi akaba umugabo.

Umugore uvuga ko yibwe  umwana yitwa Chebet.

Yemeza ashimitse ko yabyaye impanga ariko bakamuzanira umwana umwe.

Hejuru yabyo kandi, avuga ko izo mpanga zari umuhungu n’umukobwa ariko ko bamwibye umuhungu bakamuzanira umukobwa.

Chebet iby’uko yabyaye ziriya mpanga abyemeza ashingiye ku bisubizo yahawe ubwo yajyaga gusuzumisha inda, bakamubwira ko atwite umuhungu n’umukobwa.

Nyuma y’uko bariya bantu bafashwe, iperereza ryatangiye kugira ngo hamenyekane niba ibyo uriya mugore avuga ari impamo.

TAGGED:ImpangaIndaKenyaPolisiUmugoreUmwana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urukumbuzi Rwo Gutsinda APR FC Rwashize
Next Article Rubavu: Abagore Babiri Baravugwaho Ubucuruzi Bw’Urumogi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

You Might Also Like

Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Tanzania: Baratora Perezida N’Abadepite 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi Mpuzamahanga

Trump Arashaka Gukura Ubushinwa Ku Ntebe Y’Isi Mu Kugura Amabuye Y’Agaciro ‘Adasanzwe’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?