Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Basanze Imbunda Kwa Depite Barikana Eugene 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Basanze Imbunda Kwa Depite Barikana Eugene 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 May 2024 6:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Depite Eugene Barikana yatawe muri yombi na RIB imikurikoranyeho gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko.

Umuvugizi wa RIB Dr. Thierry. B Murangira avuga ko uyu mugabo wari Umudepite mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yafunzwe taliki 11, Gicurasi, 2024.

Barikana yabwiye RIB ko ziriya ntwaro yazitunze akibana n’abasirikare ariko yibagirwa kuzisubiza.

Ubu afungiye kuri station ya Remera mu gihe iperereza rigikorwa ngo hagaragare uko yabonye ziriya ntwaro n’impamvu yari azitunze atabyemererwa n’amategeko.

Ibyo aregwa nibimuhama azafungwa hagati y’umwaka umwe n’imyaka ibiri n’ihazabu iri hagati ya Miliyoni 1Frw ariko itarenze Miliyoni Frw 2 cyangwa kimwe muri ibyo bihano.

TAGGED:BarikanaEugenefeaturedIntekoIntwaroRIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inyubako Yo Kwita Ku Babyariye Mu Bitaro Bya Kibagabaga Igeze Kure Yuzura
Next Article Rwanda: Ikoranabuhanga Mu Mikorere Yaza Banki Rifitiwe Umugambi Urambye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Ebola Yagarutse Muri DRC

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?