Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bavuye Mu Bukwe Barashimutwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bavuye Mu Bukwe Barashimutwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 June 2022 10:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gace kitwa Zamfara muri Nigeria, abantu 29 bari bavuye mu bukwe batashye bahura n’abantu babateze igico barabashimuta.

Nyuma y’Ibyumweru bibiri, nibwo barekuwe abantu batakambye ariko biranga. Kuwa Kane taliki 23, Kamena, 2022 nibwo barekuwe nyuma y’uko hishyuwe  €46.000.

Nigeria ni kimwe mu bihugu by’Afurika bibamo ba rushimusi bakomeye kurusha ibindi.

Akenshi bikorwa n’abagizi ba nabi baba bashaka amafaranga y’incungu ngo abafashwe barekurwe.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu mwaka wa 2014 hari abakobwa bigaga ahitwa Chibok bashimuswe n’abarwanyi ba Boko Haram ariko baza kurekurwa nyuma y’igihe kirekire.

Hagati aho abantu b’ingeri zitandukanye ku isi bamaganye ishimutwa ryabo ariko ba rushimusi babanza kwanga kubarekura.

Zamfara ni imwe mu Ntara nyinshi za Nigeria. Iherereye mu Majyaruguru ashyira u Burengerazuba bw’iki gihugu.

Umurwa mukuru w’iyi Ntara ni Gusau. Ituwe cyane n’abo mu bwoko bw’aba Haoussa ndetse n’abitwa Fulani.

Intara ya Zamfara

Ibarura rwo mu mwaka wa 2006 rivuga ko Leta ya Zamfara yari ituwe n’abaturage 9,278,873.

- Advertisement -
TAGGED:featuredIntaraNigeriaZamfara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dufite Ibibazo Byinshi Ariko Hari N’Amahirwe Menshi Yo Kubicyemura- Perezida Kagame
Next Article Abashinwa B’Abahezanguni Barashaka Ko Igihugu Cyabo Kirasa Taïwan
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?