Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bavuye Mu Bukwe Barashimutwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bavuye Mu Bukwe Barashimutwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 June 2022 10:45 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gace kitwa Zamfara muri Nigeria, abantu 29 bari bavuye mu bukwe batashye bahura n’abantu babateze igico barabashimuta.

Nyuma y’Ibyumweru bibiri, nibwo barekuwe abantu batakambye ariko biranga. Kuwa Kane taliki 23, Kamena, 2022 nibwo barekuwe nyuma y’uko hishyuwe  €46.000.

Nigeria ni kimwe mu bihugu by’Afurika bibamo ba rushimusi bakomeye kurusha ibindi.

Akenshi bikorwa n’abagizi ba nabi baba bashaka amafaranga y’incungu ngo abafashwe barekurwe.

Mu mwaka wa 2014 hari abakobwa bigaga ahitwa Chibok bashimuswe n’abarwanyi ba Boko Haram ariko baza kurekurwa nyuma y’igihe kirekire.

Hagati aho abantu b’ingeri zitandukanye ku isi bamaganye ishimutwa ryabo ariko ba rushimusi babanza kwanga kubarekura.

Zamfara ni imwe mu Ntara nyinshi za Nigeria. Iherereye mu Majyaruguru ashyira u Burengerazuba bw’iki gihugu.

Umurwa mukuru w’iyi Ntara ni Gusau. Ituwe cyane n’abo mu bwoko bw’aba Haoussa ndetse n’abitwa Fulani.

Intara ya Zamfara

Ibarura rwo mu mwaka wa 2006 rivuga ko Leta ya Zamfara yari ituwe n’abaturage 9,278,873.

TAGGED:featuredIntaraNigeriaZamfara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dufite Ibibazo Byinshi Ariko Hari N’Amahirwe Menshi Yo Kubicyemura- Perezida Kagame
Next Article Abashinwa B’Abahezanguni Barashaka Ko Igihugu Cyabo Kirasa Taïwan
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?