Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Béatrice Munyenyezi Ukekwaho Jenoside Yohererejwe U Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubutabera

Béatrice Munyenyezi Ukekwaho Jenoside Yohererejwe U Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 April 2021 10:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Leta zunze ubumwe z’Amerika zemeye koherereza u Rwanda Madamu Béatrice Munyenyezi ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

Uyu mugore yageze muri USA abeshya  ko nta ruhare yigeze agira muri Jenoside yakorewe Abatutsi kugira ngo abone uko ahabwa ubwenegihugu.

Nyuma byaje kumenyekana ko hari uruhare runaka yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari Perefegitura ya Butare, ubu ni mu Karere ka Huye.

Muri 2013, urukiko rwahamije Munyenyezi igihano cy’imyaka 10 azira ko yabeshye USA ko nta ruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi kugira ngo ahabwe ubwenegihugu bwayo.

Ubwo yajuririraga iki cyemezo cy’urukiko muri 2017, urukiko rwatesheje agaciro ubwo bujurire.

Beatrice Munyenyezi

TAGGED:featuredJenosideMunyenyeziUSA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ihurizo Kuri Tshisekedi: Abadepite Bahoranye Na Kabila Ngo Yarabatengushye
Next Article Guverinoma Yorohereje Abakeneye Gutunga Imodoka Zikoresha Amashanyarazi
4 Comments
  • Nishimwe joseph says:
    16 April 2021 at 12:54 pm

    Padiri ndamwibuka rwose yarumubyeyi wacu nuwo hategeka yakoreraga padiri siniyumvisha ukuntu prefer augustin ariwe wahemukira josephat

    Reply
  • Philbert masengesho says:
    16 April 2021 at 12:59 pm

    Ndabona harimo guhangana kwa bayobozi kubera ndabona minister asaba ko padiri ahabwa land documents ariko bigapfira mukigo cyubutaka. Ababishinzwe nugukurikirana neza bitabaye ibyo umuturage araharenganira

    Reply
  • Mukunzi jean luc says:
    16 April 2021 at 1:04 pm

    None se ko icyo kigo kitabaho niyihe mpamvu ituma bakomeza gutanga umutungo wabandi? Cyangwa abayobozi bashaka kunyereza umutungo njyewe niko mbibona

    Reply
  • Nsanzimfura Brian says:
    16 April 2021 at 1:06 pm

    Natwe muri diaspora duhorana ibibazo mukigo cyubutaka I don’t know why? None ndumva nabaturage bari mugihugu aruko!! Birababaje

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

You Might Also Like

Mu Rwanda

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tchad: Hadutse Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?