Komisiyo y’amatora yigije imbere igihe cyo kwakira Kandidatire z’abo muri Njyanama
Ubuyobozi bwa Komisiyo y’amatora mu Rwanda yatangaje ko italiki yari yaremejwe ko abifuza gutorerwa…
Ubwinshi bw’abajya mu Ntara bwatumye Stade ya Nyamirambo igirwa gare
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego bwafashe umwanzuro w’uko kuri Stade ya Kigali…
Noheli ntishamaje, gutaha ni kare, nta kwishimisha…Ibitekerezo by’abaturage kuri Noheli
Abaturage bavuga ko n’ubwo hari bube Noheli ariko uyu mwaka watumye ntawishimisha nk’uko byari…
Bruce Melodie agiye gusohora IKINYAFU
Umuhanzi Itahiwacu Bruce usanzwe azwi ku izina rya Bruce Melodie agiye gusohora indirimbo yise…
Kagame yifurije Macron gusubira mu mirimo amahoro
Perezida Paul Kagame yifurije mugenzi we w’u Bufaransa Emmanuel Macron uherutse kwandura COVID-19 kugira…
Amayeri mashya ya Kabila yo gukoma mu nkokora Tshisekedi
Joseph Kabila ari kwisuganya, yegeranya ibitekezo byo kumufasha kurema irindi huriro rifite ingufu kurusha…
Uwo muri Airtel ati: “Nta gitutu dushyira kuri MTN, twe dukora ibyacu”
Ubwo Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikorabuanga Airtel Rwanda cyamurikiraga itangazamakuru ibiro bishya bizafasha abakiliya…
KCCA itewe mpaga
Umukino wari buhuze KCCA na AS Kigali ntukibaye kuko hari abakinnyi ba KCCA basanganywe…
Ubwoko ‘bushya’ bwa COVID-19 buteye bute?
Tariki 14, Ukuboza, 2020 u Bwongereza bwamenyesheje Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi…
Munyangaju yahaye Uganda igikombe cya CECAFA , u Rwanda rwatsinzwe kare
Minisitiri wa Siporo n’umuco Madamu Aurore Munyangaju Mimosa yahaye ikipe ya Uganda y’abatarengeje imyaka…
