Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bucya Pasika Iba Archbishop Wa Kampala Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bucya Pasika Iba Archbishop Wa Kampala Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 April 2021 12:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyiricyubahiro Musenyeri wa Arikidiyoseze ya Kampala  Cyprian Kizito Lwanga w’imyaka  68 yitabye Imana nk’uko bitangazwa n’abari i Kampala. Yatangiye imirimo yo kuyobora Kiliziya Gatulika muri Uganda mu mwaka wa 2006.

Cyprian Lwanga yavutse tariki 19, Mutarama, 1953, avukira ahitwa  Kyabakadde muri Paruwasi ya   Naggalama ubu ni mu Karere ka Mukono, mu gace ka Buganda mu Ntara y’Amajyaruguru ya Uganda.

Yize amashuri abanza i Kyabakadde ayisumbuye ayiga i Nyenga mu mwaka wa1964. Hagati y’umwaka wa 1972 n’uwa 1974, yize muri Seminari Nkuru ya Katigondo ubu ni Karere ka Kalungu.

Yakomereje amasomo ya Tewolojiya muri Seminari y’igihugu ya Kampala iri ahitwa Ggaba.

Nyuma yakomereje mu Bufaransa muri Kaminuza yitwa Clermond-Ferrand, yiga indimi n’ubutegetsi.

Yaje gukomereza amasomo i Roma muri Kaminuza ya Pontifical Univeristy of The Holy Cross muri 1994.

Yimitswe ngo abe Padiri tariki 08, Mata, 1978, yimikwa na Cardinal Emmanuel Kiwanuka.

Imyaka ibiri nyuma y’aho yabaye Musenyeri, hakaba hari tariki 30, Ugushyingo, 1996.

Tariki 19, Kanama, 2006 nibwo yabaye Arikipisikopi wa Kampala atangira kuyobera Katedarali ya Rubaga asimbuye Cardinal Emmanuel Wamala, weguye kuri ziriya nshingano.

TAGGED:AripisikopiBugandafeaturedKaminuzaKiliziyaKizitoSeminariUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abayahudi Bifurije Abakirisitu Pasika Nziza
Next Article U Rwanda Ruri Gutunganya Amashanyarazi Ruzagurisha Na DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Ingabo Za Israel Zasanze Igitabo Cya Hitler Mu Biro Bya Hamas 

Rwanda: Abaturage Bagiye Kwegerezwa Ibigo Byigisha Ikoranabuhanga

Ingazi: Uburyo Bushya Bwa Leta Bwo Korohereza Urubyiruko Kubona Akazi

Nyakarundi Yaganirije Bagenzi Be Ba Somalia Na Qatar

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwanze Icyifuzo Cya Israel

Rwanda: Uruganda Rutunganya Imiti Ivuye Mu Rumogi Rugiye Kuzura

Kenya: Batatu Mu Baje Gusezera Kuri Odinga Barasiwe Kuri Stade

Faye Yahuye Na Kagame Ku Munsi Wa Kabiri W’Uruzinduko Rwe Mu Rwanda

Hamas Yavuze Ko Abo Yabonye Bose Yabashyikirije Israel

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Abayobozi Ba Amerika Barisukiranya Muri Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Gasana Alfred Wari Ambasaderi Mu Buholandi Yagizwe Senateri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ubusugire Bw’Igihugu Bushingiye No Kubo Mufatanya- Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?